skol

Ad Restricted

Ali Kiba afitanye isano rya hafi n’uwari usanzwe azwi nka Papa wa Diamond

Ku wa 19 Mutarama 2021, icyamamare mu muziki wa Tanzania, Ali Kiba yavuze ko afitanye isano ya (…)

Mama w’umuhanzi Christopher yahitanwe n’uburwayi

Umuhanzi Christopher ari mu gahinda nyuma yo gupfusha mama we kuri uyu wa Kane tariki 21 (…)

Shema ku myaka 7 gusa atwara indege[AMAFOTO]

Shema Graham ni umwana w’Umugande w’imyaka 7 y’amavuko gusa, ariko amaze gutwara indege yo mu (…)

Gashumba ngo akeneye ibyishimo biva ku mugabo[AMAFOTO]

Sheilla Gashumba, umunyamakuru kuri Televiziyo akaba na ambasaderi w’ibicuruzwa, ni umwe mu (…)

Reba igitera abagore bamwe guhora bashaka gukora imibonano mpuzabitsina

Ubusanzwe abagore bagira ubushake buke mu gukora imibonano mpuzabitsina ugereranyije n’abagabo. (…)

Hasabwe ubucukumbuzi ku mpamvu urukingo rwa COVID-19 ’Moderna’ rutera bamwe gufurutwa

Ikigo cya Moderna Inc. gikora urukingo rwa Covid-19 rwitwa ‘Moderna’ cyasabwe gukora iperereza (…)

Ibyo mu buriri ntacyo nabivugaho-Diamond ubwo yabazwaga amakuru yerekeye Papa we umubyara

Umuhanzi Naseeb Abdul Juma ukunzwe mu muziki wa Tanzania nka Diamond Platnumz, ubwo yabazwaga (…)

Aho Joe Biden ari burahirire i Washington impande n’impande hagabwe Ingabo nyinshi cyane[AMAFOTO]

Muri Washington aharibuze kubera umuhango wo kurahira kwa Perezida mushya Joe Biden ndetse na (…)

ShaddyBoo yahawe urwamenyo yibasirwa bikomeye nyuma yo kuvuga uburyo ari we watumye Diamond amenyekana[AMAFOTO]

Umunyarwandakazi Mbabazi Shadia wamamaye ku mbuga nkoranyambaga nka Shaddyboo yigambye ko ariwe (…)

Diamond yamaze gushyira impinduka ku mazina ye

Kugeza ubu, amazina bwite y’umuhanzi Diamond yamaze guhinduka, tugendeye ku rubuga rwa (…)

Reba ibyo Munyakazi Sadate yatangaje nyuma yuko Amadorali yari yategeye abakinnyi b’AMAVUBI arokotse

Mu minsi ishize nibwo Muyakazi Sadate yatangaje ko Amavubi naramuka atsinze ikipe ya Uganda (…)

Muri Tanzania abagabo barashinjwa gucura abana babo amashereka

Mu Ntara za Iringa na Shinyanga mu Majyepfo y’Iburengerazuba mu gihugu cya Tanzania, abagabo (…)

Perezida Museveni yahishuye ko hari igihugu cyo mu karere cyohereje abo kudobya amatora gitanga n’amafaranga

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni avuga ko hari igihugu cyo mu karere Uganda (…)

Donald Trump yasebeje anatuka ibitutsi biteye isoni Nelson Mandela ndetse n’abirabura muri rusange

Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump yamaganye icyo yise “inyigisho z’amoko (…)