skol

Abahanzi bagize The Mane bagiye guhurira mu gitaramo gikomeye i Kigali

Yanditswe: Tuesday 31, Jul 2018

Sponsored Ad

skol

Safi Madiba, Marina ndetse na Queen Cha Kuri uyu wa Kane barahurira mu gitaramo cyo gusangira umuganura n’abakunzi babo ndetse no kongera gufungura akabyiniro ka Le Must Pub gaherereye mu Kiyovu.

Safi , Marina ndetse na Queen Cha Kuri uyu wa Kane barahurira mu gitaramo cyo gusangira umuganura n’abakunzi babo ndetse no kongera gufungura akabyiniro ka Le Must Pub gaherereye mu Kiyovu.

Inzu ya The Mane kuri ubu yinjiye mu nzu zifasha abahanzi kumenyekanisha ibikorwa byabo igiye guhuriza hamwe abahanzi bayo barimo , Safi , Queen Cha ndetse na Marina mu gitaramo cyo kongera gufungura ku mugaragaro akabari kazwi ku izina rya Le Must Pub gaherereye mu kiyovu aho kizitabirwa n’ibyamamarekazi birimo umunyamidelikazi Teta Sandra ndetse n’abandi.

Iki gitaramo kibaye nyuma yuko cyabanjirijwe n’ igitaramo cyo kumurika The Mane ku mugaragaro ndetse cyatumiwemo umuhanzi w’icyamamare Harmonize wo muri Tanzania.

Biteganyijwe ko imiryango izafungurwa saa kumi nebyiri zumugoroba, mugihe kwinjira bizaba ari 3000rw k’umuntu umwe, 5000rwf kubakundana (couple) ndetse bagahabwa nicyo kunywa ku muryango.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa