Umukobwa witwa Candy Babie na Cha Chaa bapfiriye mu kabyiniro kubera kunywa inzoga nyinshi no gukoresha ikiyobyabwenge cya Cocaine mu Rwanda bahaye izina rya ’mugo’.
Kuri uyu wa mbere taliki ya 11 Kanama 2018 .ku mbuga nkoranyambaba hasakajwe amafoto y’abakobwa bahitanywe n’inzoga nyinshi nyuma y’ uko batashye basinze bakagwa mu cyobo gitwara amazi bikabaviramo gupfa.
Mu rwego rwo kureba icyahitanye aba bakobwa babiri bahise bajyanwa igitaragana kwa muganga kugirango basuzume imirambo yabo ,nyuma ibisubizo bitangwa na muganga mukuru byaje bwerekana ko aba bakobwa banyweye inzoga nyinshi cyane.
Mu mashakoshi aba bakobwa bari bafite basanzemo ibiyobyabwenge aho bikekwako mbere yo kunywa inzoga babanje gukoresha ibiyobyabwenge ari nabyo ntandaro yatumye bitura mu cyobo bakahasiga ubuzima.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *