skol
fortebet

Abandi numva bavuga ngo umugore ararangiza mu gihe cyo gutera akabariro kandi nyamara njye sindarangiza na rimwe, umugabo wanjye buri gihe antanga kurangiza"Nakora iki?"

Yanditswe: Sunday 04, Jun 2017

Sponsored Ad

skol

Umugore utifuje ko amazina ye atangazwa yatwandikiye yifuza inama z’abasomyi b’urubuga umuryango.rw aho afite ikibazo cyo kuba atazi kurangiza uko bisa , gusa ikimubabaza ni uko yumva abandi bavuga ngo kurangiza ku mugore ni byiza cyane mu gihe we ahora yifuza kuri ibyo byiza ariko ntabibone.
.Kurangiza bimera bite ? .Umugabo wanjye ntatuma nanjye ndangiza. .Nkore iki kugira ngo nanjye nzarangize ? .Ntekereza guca inyuma umugabo wanjye kubera kutarangiza .Kutarangiza bigira ingaruka (...)

Sponsored Ad

Umugore utifuje ko amazina ye atangazwa yatwandikiye yifuza inama z’abasomyi b’urubuga umuryango.rw aho afite ikibazo cyo kuba atazi kurangiza uko bisa , gusa ikimubabaza ni uko yumva abandi bavuga ngo kurangiza ku mugore ni byiza cyane mu gihe we ahora yifuza kuri ibyo byiza ariko ntabibone.

.Kurangiza bimera bite ?
.Umugabo wanjye ntatuma nanjye ndangiza.
.Nkore iki kugira ngo nanjye nzarangize ?
.Ntekereza guca inyuma umugabo wanjye kubera kutarangiza
.Kutarangiza bigira ingaruka k’umugore ?
.Ese kutarangiza k’umugore bishobora gusenya urugo ?

Uyu mugore wadutangarije ko hari n’abandi yagishije inama kuri iki kibazo yagize ati “ Ndababwiza ukuri ubu ndababaye ku buryo mutakiyumvisha! ikimbabaje nta kindi ni urukundo nkunda umugabo wanjye cyane ku buryo numva ntamuca inyuma.

Impamvu ntekereza kuba namuca inyuma bikananira kubera urukundo mukunda ni iyi : Buri gihe iyo nganiriye n’abandi badamu( abagore/abakenyezi) ku bijyanye n’igikorwa cy’imibonano mpuzabitsina numva bose birahira bavuga bati “ kurangiza ntibigira uko bisa ni byiza cyane !”, Aha nanjye kugira ngo nikure mu isoni nihagararaho nkavuga nti “ mureke kubinkumbuza ahubwo! Muzi ukuntu mbikunda ?” kandi mu by’ukuri mba ngira ngo nikure mu kimwaro sindarangiza na rimwe ngo numve ukuntu bigenda.

Umugabo wanjye iyo turi gutera akabariro akarangiza ahita yigendera akantera umugongo nkabona nta gishaka no kunyegera ngo agire icyo amfasha nanjye ndangize. Iyo bigenze gutyo ndamureka nkirinda kumubwira ko ntarangije kugira ngo atabifata nabi akantekereza ukundi.

Tumaranye imyaka 5 tubana, ariko kuva icyo gihe sinzi kurangiza uko bimera, ahubwo ubu nsigaye numva nta gishaka no gukorana nawe imibonano mpuzabitsina kuko iyo tuyikoze akarangiza njye nsigara numva nkiyishaka cyane birenze ku buryo umugongo uhita undya ku rwego rwo hejuru.

Bavandi ntimuseke ndabitabaje kandi mwumve ko mbabaye nimungire inama y’icyo nakora kuko ubu ndaremerewe, kandi ikinteye kwandika ibi ni uko hari inkuru nasomye kuri uru rubuga IWACULOVE muvuga ko iyo umugore atarangiza neza bishobora kumukururira kubabara mu ngingo no kuribwa umugongo n’ibindi.

Mfite ubwoba ko nanjye bizantera ibibazo, kandi uretse no gutinya ibibazo byazantera ndumva nkeneye gukora imibonano mpuzabitsina nkarangiza nk’abandi bagore nanjye nkagera ku byishimo bya nyuma ! Gusa ndi kwibaza icyo nzakora ngo mbigereho cyanyobeye ! Ndabashimiye ku nama zanyu nziza murampa.

Ibitekerezo

  • Muvandi manza umenye igituma arangiza vuba,
    Kandi uzabimuganirizeho.
    Ntuzakomeze kubyihererana.

    byo birashoboka ko byagira ingaruka ,wazanshatse se nkakwifashiriza? ariko nanone wazabimuganiriza ho ukareba ko hari icyahinduka ubundi contact zanjye 0787681430 cg [email protected]
    komera

    Andika Igitekerezo mpamagara ngufashe(0725727317)

    Muraho neza mwanditsi namwe basomyi beza?
    Nejejwe no gusubiza uyu Mubyeyi wabajije ikibazo kibazwa koko na benshi! Gusa ho nabanza nkasobanurira abatanga inama ko bajya babanza bakishyira mu mwanya w’uwabajije ikibazo mbere yo kumugira inama: birababaza kubaza ikibazo cyuko utarangiza kandi ukaba udashaka guca umugabo wawe inyuma, undi nawe akagusubiza ngo uzaze nkwifashirize: ibyo bituma abantu bacika ku rubuga kuko baba babona nta kamaro ko kuhagisha inama.
    Ikibazo cyawe kirumvikana kandi kirababaje cyane, gusa Njyewe ukugira inama ndi Muganga nkaba Umujyanama wa couples kuva muri 2001, nafashije ama couples menshi cyane muri iki gihe cy’imyaka 16 maze nkora kano kazi nkunda cyane, nakubwira ko impamvu zabitera ni nyinshi gusa ndazica mo ibice 3:
    1) Impamvu zawe bite
    2) Impamvu z’umugabo wawe
    3) Impamvu zanyu mwembi
    Mu mpamvu zawe bwite wakwibaza niba waba warigeze kurangiza wenda se ntubimenye, ese igikorwa cy’imibonano mpuzabitsina gisanzwe kinshimisha? Ku ruhe rugero? Ese umubiri wanjye ujya ugira ubushake bwo gukora imibonano? Ikikwereka ko wabishatse: rugongo irabyimba cyane, ukumva impinduka mu myanya myibarukiro yawe, ukumva rwose ubuzima bugiye guhagarara, ikindi uzana ururenda rwinshi mu myanya myibarukiro yawe, iyo mutangiye igikorwa uburyohe bugenda bwiyongera gahoro gahoro, bikageza ku rwego wumva ubuze ubwenge ukaba wavuze induru, wamuruma, ukamera nk’ugagaye Mbese ukumva ubaye nk’ugeze ahantu heza cyane: ukavugishwa za I love you nyinshi utazi aho zivuye, ugahita wumva ubushake bwabyo buragiye, gusa ukumva uhise urushaho kumukunda, bityo rero niba utaragera hano ntabwo koko urarangiza, gusa wumve ko bishoboka, kandi mwabiganiraho nuwo mwashakanye rwose akabigufashamo pe!
    Impamvu z’umugabo ni kuba atazi ko umugore arangiza cyangwa c ahita arangiza (premature ejaculation - éjaculation précoce) bityo cya gihe wumvaga utangiye kuryoherwa agahita yirangiriza akagira ipfunwe ry’ibyo akoze agahita yigendera.
    Impamvu muhuriyeho mwembi ni ukuba mudategurana ngo mufashanye kugera ku ndunduro ya nyuma y’ibyishimo bya mwembi.
    Ukeneye contact zanjye kugirango ngufashe wanyandikira kuri:
    [email protected] cg [email protected]
    Unyandikiye kuri email naguha na telefone zanjye tukabonana uri kumwe n’umutware wawe.

    ihangane bibaho ushake nkagu cyemurire wumve ukobimera ntugumye kubabara duhari mama mpamagara 0788899849 ngupfubure

    Muvandi komera gusa icya mbere gikomeza urugo ni communication kuko burya niba nta kibazo mufitanye nta cyatuma atagurega amatwi. Ariko kandi nawe ntumurenganye ndakeka ko atakwanga ahubwo hari abagabo barangiza vuba kandi ntibagire imbaraga zo gukora akandi ga tour. Muzaganire rero nibiba ngombwa umufashe kwivuza hari ahantu batanga imiti icyo kibazo kigakemuka. Wabahamagara kuri 0788449901 cyangwa 0728449902. Ugize neza kuba ugiqhije inama utarakora amahano

    FOLLE FEMME,UTILISE UNE EPEE A DOUBLE TRENCHANT OU UNE LANCE AIGUE TU SERAS SATISFAITE

    FOLLE FEMME,UTILISE UNE EPEE A DOUBLE TRENCHANT OU UNE LANCE AIGUE TU SERAS SATISFAITE

    FOLLE FEMME,UTILISE UNE EPEE A DOUBLE TRENCHANT OU UNE LANCE AIGUE TU SERAS SATISFAITE

    njye nakugira inama yo kujya umuha icyayi cy’ikawa mbere yo gutera akabariro ’burya kurangiza vuba kenshi biterwa n’umunaniro ikawa izajya ituma agira ingufu n’ubwonko bukore neza nawe mujye mugisangira mbere yogukora imibonano ,uzabikore uzasangu aricyo cyaburago kdi igihe utarangija ujye ubimubwira .

    ncuti ibyo nibintubibaho kuribenci arikokd. mfitikibazo ko nuzajya ukomez gutegamatwi ababiganiracyane uzagwa mumutego wangaga ahubwo nawe ntur’umwana washaka uko wabiganisha mubiganiro runaka mukabikora sinibntubigoyepe! birizana nawe ukumva muranezerewe cyangwa niwumva aringombwa nagufasha 0780315229cg0725888796 urakoze!

    Muraho neza Mada wumvise uriya Muganga ibyo yakugiriyemo Inama byose? ye nibyo rwose niba koko ariko bijya bikugendekera wabona nawe urangiza ntubimenye ikiruta byose nukubiganiraho ,urumva nawe ntacyo ujya umubwira bigaragara nawe ko ntabindi azi birenze ibyo agukorera ,rero mubiganireho bizakemuka ibyishimo byongere gutaha iwanyu,naho ubundi ibyo mute biba muri yego ndetse bihagije byabasenyera urugo.

    Hari position nziza cyane ifasha umugore kurangiza, umugabo aryama agaramye umugore akamujya hejuru akiyinjizamo igitsina cy’ umugabo azamuka amanuka, bituma igera kure, bigatera umugabo kutarangiza vuba ahubwo ku rundi ruhande bigatuma umugore ashobora kurangiza.

    Hari position nziza cyane ifasha umugore kurangiza, umugabo aryama agaramye umugore akamujya hejuru akiyinjizamo igitsina cy’ umugabo azamuka amanuka, bituma igera kure, bigatera umugabo kutarangiza vuba ahubwo ku rundi ruhande bigatuma umugore ashobora kurangiza.

    sibiterwa nawe biterwa numugabo ubwo wasanga arajyiza muminota5 niyo mamvu

    sibiterwa nawe biterwa numugabo ubwo wasanga arajyiza muminota5 niyo mamvu

    Uyu mudamu ntaganire ntumufashawe ikibazo afite kizakemuka ntibyanga bazegere umuganga abagire inama

    Uyu mudamu ntaganire ntumufashawe ikibazo afite kizakemuka ntibyanga bazegere umuganga abagire inama

    Uzanshake ndabasha

    UZAMBAZE KWEREKE UKO ZIMANYA NGUKUNGUTE MAZE NAWE UZAJYE UMWIGISHA UKO BAKUBIRA RUGONGO.......

    UWAKUMPA NKA MUGUKUBITIRA HEPFO HARUGURU HIRYA HINO NGO SHI,SHI,SHI..............

    NUKURI ABANTU BAFITE BENE IBYOBIBAZO BAKWIYE KUGANA ABAJYANAMA BUBUZIMA BAKABAGIRA INAMA CYAGWA BISCOLOGUE BAKABAFASHA MURIBYOBIBAZO BAFITE KD NDABIZI KO BAZABAFASHA MURAKOZE

    Ayiweeee!!!!!
    konumvadupfuyerumwe njyemaze imyaka itandatu
    Ahhhhh!!!!! Jyenaratuje iyombimubwiye andeba nabipe abobajyirinamanibeshipee!!!!!!!

    Ayiweeee!!!!!
    konumvadupfuyerumwe njyemaze imyaka itandatu
    Ahhhhh!!!!! Jyenaratuje iyombimubwiye andeba nabipe abobajyirinamanibeshipee!!!!!!!

    Ayiweeee!!!!!
    konumvadupfuyerumwe njyemaze imyaka itandatu
    Ahhhhh!!!!! Jyenaratuje iyombimubwiye andeba nabipe abobajyirinamanibeshipee!!!!!!!

    nikibazo ntigakine kubantu azashake ubimukorera neza anamwereke uburyo azajya abyikorera rata birababaza

    Ndumva ufite ikibazo kitoroshye. Gusa siniyumvisha impamvu uwo mugabo wawe atagerageza ngo akugerere ku byishimo. Byo rwose ntibakubeshya kurangiza ni byiza kuko numugabo wawe ararangiza akishima. Umuti w’ikibazo si wowe uwufite ufitwe numugabo wawe. Icyo nakubwira nukumwegera ukamubwira ikibazo ufite mugafatanya kugishakira igisubizo. Bitabaye uzanyegere nguhe ubukoryo bwo kugera ku byishimo. Bano baguhe email yanjye

    Mwiriwe! Inama Nagira Abafite Ikibazo Cyo Kutarangiriza Ri1 Nuwo Mwashakanye. 1. Niba Umwe Mubashakanye Arangiza Vûba , Mubwire Ko Wowe Utinda Kurangiza. 2 . Musabe Abanze Agutegure (caresse) , Akwinjize Mugikorwa Mutarakora Imibonano.3. Urihafi Kurangiza Musabe Penetration Du Penis(muhuze Ibitsina) ,muzarangiriza Rimwe, Urukundo Rurusheho Kwiyongera. Plz,mubanze Mutegurane. Thanks. Cyiza. (0734584424)

    Uzanyandikire whatsapp mbigukorere urangize 0738999299

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa