Abanyerondo bishe urugi bakiza umukobwa nyuma yuko umusore basambanaga yari yanze kumuva hejuru
Yanditswe: Thursday 05, Jul 2018
Mu gihugu cya Nigeri mu mujyi wa Delta State mukobwa w’imyaka 17 y’amavuko yakijijwe n’abanyerondo ajyanwe kwa muganga igitaraganya nyuma yo kuryamana n’umukunzi we ku nshuro ya mbere bitewe n’imiti yongera ubushake bwo gutera akabariro yari yafashe.
Mu gihugu cya Nigeria mu gace kazwi nka Delta State haravugwa inkuru y’umukobwa w’imyaka 17 y’amavuko utatangajwe amazina ye wajyanwe kwa muganga igitaraganya nyuma yo gusambana n’umusore bakundana wari wanyoye imiti yongera ubushake bwo gutera akabariro.
Nkuko tubikesha ikinyamakuru cya Ayola cyavuze ko uyu mukobwa byamubayeho nyuma yo gutaha bwije agacyeka ko iwabo baraza kumuhana niko kwigira inama yo kujya kurara iwabo w’umusore basanzwe bakundana.
Inkuru ikomeza ivugako uyu musore kubera ko nawe byari nk’ inshuro yambere agiye gukora imibonano mpuzabitsina yegereye abasore bagenzi be bamuha imiti yongera ubushake bwo gutera akabariro umusore niko kuyinywa ajya gusambana na wa mukobwa yari yasize mu icumbi.
Uyu mukobwa kubera ko yari isugi ngo byaje kumubabaza cyane kugera ubwo nuyu musore atashakaga kumuva hejuru bitewe n’uburyo yumvaga afite imbaraga zo gutera akabariro .ibi byakemuwe n’abashinzwe umutekano[abanyerondo] aho bishe urugi bafata umusore bamukura ku mukobwa ajyanwa kwa muganga kubera ko yararimo kuviririna mu myanya ye y’ibanga.
Abaganga baherere mu mujyi wa Delta State bakoze iyo bwabaga kugirango uyu mukobwa ahabwe ubuvuzi bavuze ko bagiye gukomeza kumwitaho aho nyuma y’icyumweru azaba amaze koroherwa.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *