Abanyeshuri 2 bafatiwe mu gihuru barimo gusambana [AMAFOTO]
Yanditswe: Wednesday 16, May 2018
Aba banyeshuri bo muri imwe muri Kaminuza yo muri Uganda bafatiwe mu gihuru barimo gusambana.
Kuri uyu wa Gatatu taliki ya 16 Gicurasi 2018 ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye hakwirakwijwe amafoto agaragaza bamwe mu banyeshuri biga muri imwe muri Kaminuza yo muri Uganda itatangajwe amazina bafashwe barimo gusambana mu gihe abandi barimo gukora ibizamini bisoza igihembwe.
Nkuko tubikesha ikinyamakuru Ugbliz cyavuze ko aba banyeshuri bafashwe bakora amahano ubusanzwe bigaga ibijyanye n’ ubukerarujyendo.
Bakimara gufatwa bahise bategekwa guhaguruka bakambara imyenda yabo maze bahita bajyanwa kuri Polisi. Mu gihe bivugwa ko kubera ko abanyeshuri badafite ibyo gukora byinshi yaba ariyo ntandaro ituma bishora mu busambanyi.
Ikindi ni uko iyi mico igayitse imaze gukwiragira muri kaminuza nyinshi zo mu gihugu cya Uganda aho usanga abanyeshuri bishora mu mibonano mpuzabitina ku karubanda , nk’umwarimu umwe uherutse gufatwa ari mu maguru y’umukobwa mu gihe inkumi yarimo imufata amashusho.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *