Abasore bagera kuri 40 baguwe gitumo na Polisi ubwo barimo gukora igikorwa cy’ubutinganyi
Yanditswe: Monday 07, Aug 2017
Abasore bagera kuri 40 barimo abakuze n’abakiri bato bose bari mu mazi abira, bazira gukora ibikorwa by’ubutinganyi ubwo Polisi y’abagwaga gitumo aho bari baherereye muri Hotel bakoreragamo icyo gikorwa.
Aba basore bose bagejewe imbere y’urukiko nyuma yo gutabwa muri yombi. Bamwe muri abasore bakiri bato bajyanywe kuburanira mu rukiko rwa Ebute-Metta Magistrate Court, naho abakuze bo bajyanywe kuburanira mu rukiko rwa Yaba Magistrate Court.
Aba basore ngo batawe muri yombi kuri uyu wa (...)
Abasore bagera kuri 40 barimo abakuze n’abakiri bato bose bari mu mazi abira, bazira gukora ibikorwa by’ubutinganyi ubwo Polisi y’abagwaga gitumo aho bari baherereye muri Hotel bakoreragamo icyo gikorwa.
Aba basore bose bagejewe imbere y’urukiko nyuma yo gutabwa muri yombi. Bamwe muri abasore bakiri bato bajyanywe kuburanira mu rukiko rwa Ebute-Metta Magistrate Court, naho abakuze bo bajyanywe kuburanira mu rukiko rwa Yaba Magistrate Court.
Aba basore ngo batawe muri yombi kuri uyu wa Gatandatu ubwo bafatirwaga mu bikorwa by’ubutinganyi barimo gukorera muri Vintage Hoteli iyi ikaba ari imwe muri Hoteli zikomeye mu gihugu cya Nigeria.
Ibitekerezo
man nyagasani we tabara iyisi turimo kuko ibirikuberamo namabara gusa gusa jye numiwe kbs