skol
fortebet

Abasore bagera kuri 40 baguwe gitumo na Polisi ubwo barimo gukora igikorwa cy’ubutinganyi

Yanditswe: Monday 07, Aug 2017

Sponsored Ad

skol

Abasore bagera kuri 40 barimo abakuze n’abakiri bato bose bari mu mazi abira, bazira gukora ibikorwa by’ubutinganyi ubwo Polisi y’abagwaga gitumo aho bari baherereye muri Hotel bakoreragamo icyo gikorwa.
Aba basore bose bagejewe imbere y’urukiko nyuma yo gutabwa muri yombi. Bamwe muri abasore bakiri bato bajyanywe kuburanira mu rukiko rwa Ebute-Metta Magistrate Court, naho abakuze bo bajyanywe kuburanira mu rukiko rwa Yaba Magistrate Court.
Aba basore ngo batawe muri yombi kuri uyu wa (...)

Sponsored Ad

Abasore bagera kuri 40 barimo abakuze n’abakiri bato bose bari mu mazi abira, bazira gukora ibikorwa by’ubutinganyi ubwo Polisi y’abagwaga gitumo aho bari baherereye muri Hotel bakoreragamo icyo gikorwa.

Aba basore bose bagejewe imbere y’urukiko nyuma yo gutabwa muri yombi. Bamwe muri abasore bakiri bato bajyanywe kuburanira mu rukiko rwa Ebute-Metta Magistrate Court, naho abakuze bo bajyanywe kuburanira mu rukiko rwa Yaba Magistrate Court.

Aba basore ngo batawe muri yombi kuri uyu wa Gatandatu ubwo bafatirwaga mu bikorwa by’ubutinganyi barimo gukorera muri Vintage Hoteli iyi ikaba ari imwe muri Hoteli zikomeye mu gihugu cya Nigeria.

Ibitekerezo

  • man nyagasani we tabara iyisi turimo kuko ibirikuberamo namabara gusa gusa jye numiwe kbs

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa