Ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda bwahaye ikaze abifuza kwinjira mu gisirikare ku rwego rw’aba Ofisiye (Cadet courses) ko batangira kwiyandikisha ku bigo bya gisirikare bibegereye, ku mirenge no kuri za ofisi za DASSO Commander mu turere.
Ni itangazo ryatanzwe n’ubuyobozi bw’ingabo z’u Rwanda, muri Brigade ya 402 ishami rishinzwe abakozi mu turere twa Nyagatare, Gatsibo, Kayonza na Rwamagana kuri iki Cyumweru tariki 29 Ukuboza 2019.
Ibyo ugomba kwinjira mu ngabo z’u Rwanda ku rwego rwa ofisiye agomba kuba yujuje
1.Kuba ari umunyarwanda kandi afite ibyangombwa byose bimuranga
2.Kuba yararangije icyiciro cya kabiri cya kaminuza (University Graduate)
3.Kuba afite imyaka hagati ya 18 kugeza kuri 25 ku bize ubumenyi rusange (social sciences) n’imyaka 27-27 kuri ba Enjiniyeri na ba Dogiteri (Enginneers and Doctors).
4.Kuba atarigeze akatirwa n’inkiko igifungo kirengeje amezi atandatu
5.Kuba ari ingaragu
6.Kuba afite ubuzima buzira umuze (Physical fitness)
Abujuje ibisabwa kandi babyifuza basabwe guhita batangira kwiyandikisha vuba bakimara kubona itangazo kuko itariki ntarengwa yo kureba abiyandikishije no gusuzuma ibyangombwa ari tariki ya 03 Mutarama 2020 mu turere twa Gatsibo na Nyagatare na tariki ya 05 Mutarama 2020 mu turere twa Kayonza na Rwamagana.
Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.
Imbuga nkoranyambaga ze:
Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter
Nanjye ndifuza kuba nakorera
Igihugu nukuri ni mudufashe
Murakoze
Ndashaka kujya mungabo zigihugu nkabandangije s6 mce mubinkoreye mwaba mukoze 0780933960
Ndashaka kujya mungabo zigihugu nkabandangije s6 mce mubinkoreye mwaba mukoze 0780933960
Ndifuza kuba umwe mu ngabo z igihugu
Mwadufasha mukatubwira igihe muzasohorera itangazo?
Ndifuza kuba umwe mungabozigihugu cy uRwanda narangije l5it murakoze
Ndifuza kuba umwe mungabozigihugu narangije S6mpc murakoze
1.ndumunyarwandID1199870060327050
2.narangije S6mpc
3.pfite imyak24
4.ntabwo nigeze nkatirwa ninkiko
5.ndingaragu
6.pfite ubuzima buzir’umuze
Ndifuza kuba umwe mungabozigihugu narangije S6mpc murakoze
Ndifuza kuba umwe mubari mungabo zigihugu cyu Rwanda nka nararangije l5 masonry mbaye. mbashimiye mugihe ngitegreje igisubizo cyanyu cyiza
ndashaka kuba umwe mubagize ingabo zi gihugu: 0733163971
ndashak kuba umwe mubagize ingabo zigihugu
mwiriwe ndifuza kwiyandikisha mugisirikare gusa ndasoza s6 muri2022 nkaba narize pcm no;0781202645
MWIWENEZA UMWAKAMUNSHA NDABYUJUJE ARIKO NTAGONIZE KWANDIKA NOGUSOMA NDABIZI ERIC KUKAMONYI NIMR 0785462741 MURAKOZE
MWIWENEZA UMWAKAMUNSHA NDABYUJUJE ARIKO NTAGONIZE KWANDIKA NOGUSOMA NDABIZI ERIC KUKAMONYI NIMR 0785462741 MURAKOZE