Agashya! Kenya habaye igitaramo cyo gutora umukobwa uhiga abandi ikibuno cyiza [ AMAFOTO]
Yanditswe: Wednesday 04, Jul 2018
Kuri uyu wa gatandatu Taliki ya 1 Nyakanga 2018 mu kabyiniro kitwa Club Da Place batoye umukobwa uhiga abandi ikibuno cyiza aho azahembwa amashiringi ya Uganda ibihumbi 60,000.
Mu gihugu cya Kenya basubukuye irushanwa ry’ umukobwa uhiga abandi ikibuno cyiza aho ku ikubitiro mu mwaka wa 2015 ryitabiriwe n’abakobwa batandukanye aho muri uyu mwaka hanatowe uhiga abandi abandi bakobwa bose ikibuno giteye neza .
Kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 1 Nyakanga 2018 bongeye basubukura iri rishanwa aho ryitabiriwe n’abakobwa bagera muri 26 aho kuri iyi nshuro hatoranyijwe mo 5 bazahatanira ikamba ry’ uhiga abandi kugira ikibuno kiza ndetse akazahembwa amashiringi ya Kenya ibihumbi 60,000.
Ibisonga bye bizahembwa amashiringi ya Kenya 30,000 ndetse n’abagize ubushake bwo kwitabira iri rushanwa biteganyijwe ko bazabashimira babaha amashiringi ya Kenya ibihumbi 10,000 .
Mu gihe hataratangazwa uwegukanye iri rushanwa ,akanama nyemurampaka kavuze ko mu minsi ya vuba hazatangazwa italiki aba bakobwa baziyerekaniraho abafana babo ari naho hazatangazwa umukobwa wahize abandi kugira ikibuno cyiza.
REBA AMAFOTO:


Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *