Agashyi k’urukundo katumye umugabo ahitana umugore we ku isabukuru y’amavuko
Yanditswe: Monday 07, May 2018
Umugabo yakubiswe agashyi k’urukundo n’ umugore we ku isabukuru y’amavuko umugabo ahita amutera icyuma aziko amwubahutse.
Mu gace kitwa Rivers mu gihugu cya Nigeria haravugwa inkuru y’ urupfu rwa Desire Sokari wishwe n’ umugabo we babyaranye umwana umwe , nyuma yuko umufasha we amukubise agashyi k’urukundo umutware agacyeka ko amwubahutse agahita amutera icyuma arapfa.
Mu butumwa byashizwe kur facebook n’ umuvandimwe we bita Irreplaceable Daniela, yamaganye ibyakorewe uyu muvandimwe we n’agahinda kenshi agira ati twamaganye ihohoterwa rikorerwa mu ngo .
Yagize ati“ twamaganye ihohoterwa rikorerwa mu ngo ! Umuvandimwe wanjye Desire Sokari West yagiye ."
Mana kubera iki?
Nshaka kubyukira muri nzozi
Wamwishe ku munsi we w’amavuko
Nyamara nta n’ubwo wamukoye
Bizagenda bite ku bana?
Sinzi rwose ubu icyo nakandika n’icyo navuga
Gusa byose mbishyize mu biganza by’Imana".
Umugabo yishe umugore we ubwo bizihizaga isabukuru ye y’amavuko.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *