Ama G The Black yakorewe ibirori byo kwizihiza isabukuru ye y’amavuko n’umukobwa basigaye bakundana(AMAFOTO)
Yanditswe: Wednesday 05, Jul 2017
Umuraperi w’ Umunyarwanda, Hakizimana Aman wamenyekanye ku izina ry’ubuhanzi nka Ama G The Black ,mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 4 Nyakanga 2017 yakorewe ibirori byo kwizihiza isabukuru ye y’amavuko n’umukunzi we yasimbuje uwo babyaranye.
Ama G yizihije isabukuru y’imyaka 26 y’amavuko nk’ uko yabitangarije abari aho ubwo we n’umukunzi we mushya witwa Lilliane bari bamaze gufatanya gukata umutsima bari bateguye(gateaux).
Ama G na Lilliane wasimbuye umugore wari warabyaranye na Ama G (...)
Umuraperi w’ Umunyarwanda, Hakizimana Aman wamenyekanye ku izina ry’ubuhanzi nka Ama G The Black ,mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 4 Nyakanga 2017 yakorewe ibirori byo kwizihiza isabukuru ye y’amavuko n’umukunzi we yasimbuje uwo babyaranye.
Ama G yizihije isabukuru y’imyaka 26 y’amavuko nk’ uko yabitangarije abari aho ubwo we n’umukunzi we mushya witwa Lilliane bari bamaze gufatanya gukata umutsima bari bateguye(gateaux).
Ama G na Lilliane wasimbuye umugore wari warabyaranye na Ama G
Ama G yabwiye abari muri ibi birori yishimira kuba umunsi we w’ amavuko uhuza itariki n’ umunsi mukuru Abanyarwanda bizihirizaho umunsi wo Kwibohora( tariki ya 4 Nyakanga)
Aha ibi birori by’isabukuru y’uyu muraperi bikaba byabaye mu buryo bumutunguye kuko byose byateguwe n’umukobwa bakundana ndetse ubu banabana mu nzu imwe y’ uyu muhanzi iherereye i Kanombe ari naho bizihirije iyi sabukuru.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *