skol
fortebet

Ama G The Black yakorewe ibirori byo kwizihiza isabukuru ye y’amavuko n’umukobwa basigaye bakundana(AMAFOTO)

Yanditswe: Wednesday 05, Jul 2017

Sponsored Ad

skol

Umuraperi w’ Umunyarwanda, Hakizimana Aman wamenyekanye ku izina ry’ubuhanzi nka Ama G The Black ,mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 4 Nyakanga 2017 yakorewe ibirori byo kwizihiza isabukuru ye y’amavuko n’umukunzi we yasimbuje uwo babyaranye.
Ama G yizihije isabukuru y’imyaka 26 y’amavuko nk’ uko yabitangarije abari aho ubwo we n’umukunzi we mushya witwa Lilliane bari bamaze gufatanya gukata umutsima bari bateguye(gateaux).
Ama G na Lilliane wasimbuye umugore wari warabyaranye na Ama G (...)

Sponsored Ad

Umuraperi w’ Umunyarwanda, Hakizimana Aman wamenyekanye ku izina ry’ubuhanzi nka Ama G The Black ,mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 4 Nyakanga 2017 yakorewe ibirori byo kwizihiza isabukuru ye y’amavuko n’umukunzi we yasimbuje uwo babyaranye.


Ama G yizihije isabukuru y’imyaka 26 y’amavuko nk’ uko yabitangarije abari aho ubwo we n’umukunzi we mushya witwa Lilliane bari bamaze gufatanya gukata umutsima bari bateguye(gateaux).


Ama G na Lilliane wasimbuye umugore wari warabyaranye na Ama G

Ama G yabwiye abari muri ibi birori yishimira kuba umunsi we w’ amavuko uhuza itariki n’ umunsi mukuru Abanyarwanda bizihirizaho umunsi wo Kwibohora( tariki ya 4 Nyakanga)


Aha ibi birori by’isabukuru y’uyu muraperi bikaba byabaye mu buryo bumutunguye kuko byose byateguwe n’umukobwa bakundana ndetse ubu banabana mu nzu imwe y’ uyu muhanzi iherereye i Kanombe ari naho bizihirije iyi sabukuru.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa