skol
fortebet

Amabere ya Oprah wahoze ari umugore wa Katauti yatangaje abagabo batari bake ku mbuga nkoranyambaga

Yanditswe: Thursday 10, Aug 2017

Sponsored Ad

skol

Irene Uwoya wamenyekanye nka Oprah kubera kwamamara mu mafilime atandukanye mu gihugu cya Tanzaniya akomeje kubica ku mbuga nkoranyambaga biturutse ku mafoto yashyize ahagaragara agaragaza imiterere y’amabere ye. Aya mafoto akaba yateje impagaragara ku mbuga nkoranyamabaga ze.
Oprah utemeranye neza n’umugabo we Katauti nyuma yo gushyira ahagaragara iriya foto yavugishije abagabo batari bake kuri ubu ni umugore ufite umwana umwe.
Benshi mu bakurikira uyu mugore ku mbuga nkoranya mbaga cyane (...)

Sponsored Ad

Irene Uwoya wamenyekanye nka Oprah kubera kwamamara mu mafilime atandukanye mu gihugu cya Tanzaniya akomeje kubica ku mbuga nkoranyambaga biturutse ku mafoto yashyize ahagaragara agaragaza imiterere y’amabere ye. Aya mafoto akaba yateje impagaragara ku mbuga nkoranyamabaga ze.

Oprah utemeranye neza n’umugabo we Katauti nyuma yo gushyira ahagaragara iriya foto yavugishije abagabo batari bake kuri ubu ni umugore ufite umwana umwe.

Benshi mu bakurikira uyu mugore ku mbuga nkoranya mbaga cyane cyane biganjemo abasore bakomeje kugaragaraza ko banejwejwe n’iyo foto y’iki cyamamare mu gukina filime.

Irene Uwoya yashakanye na Ndikumana Hamadi Katauti mu mwaka wa 2009 kuri ubu bakaba bafitanye umwana umwe. Ariko kugeza kuri ubu umubano w’aba bombi ukaba utifashe neza ku buryo bashobora no gutandukana.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa