Amafoto yaciye ibintu: Intsinzi ya Real Madrid yishimiwe na bimwe mu byamamare nyarwanda ,Umufana wa Liverpool yarize arahogora
Yanditswe: Sunday 27, May 2018
Mu mafoto yaciye ibintu uyu munsi turasangamo agaragaza bimwe mu byamamare nyarwanda byishimiye intsinzi ya Real Madrid ,Umufana wa Liverpool yarize arahogora , Gicumbi abazungu ntibatanze kuri Primus.
Kuri uyu mugoroba nibwo rwari rwambikanye hagati ya Real Madrid ndetse na Liverpool aho byarangiye Real itsinze Liverpool ibitego bitatu kuri kimwe , bamwe mu byamamare nyarwanda byagaraje ko byishimiye iyi ntsinzi.
Lucky Nizeyimana byamurenge atangira gukora [ push-up ]
Umufana wa Liverpool mu Rwanda yarize arahogora gusa yishyiramo akanyabugabo avugako ibibaye bitazasubira yongera ho ko byatewe n’amakosa y’umuzamu w’ikipe afana.
PGGSS8 yabereye gicumbi abazungu ntibatanzwe ku kinyobwa cya Guma Guma bagaragaje ko nabo bagukunda ndetse bashyigikye abahanzi nyarwanda .
Davis D yagaragaye yasohokanye n’umukunzi we bwambere
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *