Amafoto yaciye ibintu: Umugabo yafashwe asambana n’indaya mu kiriyo cy’umugore we
Yanditswe: Friday 08, Jun 2018
Mu mafoto yaciye ibintu turasangamo umugabo wafashwe asambana n’indaya mu kiriyo cy’ umugore we ,amafoto yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga, amafoto agaragaza bamwe mu bakobwa bahatanye na Fanny mu marushanwa ya Miss Suisse Francophonie ndetse n’ayandi.
Umunyarwandakazi Akimana Fanny ari mu bakobwa 25 bahataniye ikamba rya Miss Suise Francophonie, aho umukobwa uzegukana ikamba azamenyekana kuwa 9 Kamena 2018.
Mu mugi wa Malmedy mu gihugu cy’Ububiligi bakoze agashya maze mu rwego rwo guha agaciro umuco gakondo wabo ku nshuro ya 22 bateka umuleti w’igitangaza w’amagi ibihumbi 10.
Umugabo mu gihugu cya Zimbabwe yashenguye abantu nyuma yo kumugwaho gitumo asambanya indaya igihe bari mu kiriyo cy’umugore we kwa nyirabukwe.Nyamugabo uzwi ku mazina ya Luscious Chiturumani ukomoka mu gace ka Gweru muri Zimbabwe yafatanywe n’indaya kwa nyirabukwe basambana mu gihe abandi bari mu kababaro.
Reba amafoto ya bamwe mu bakobwa bakomeje guhungabanya imbuga nkoranyambaga n’amafoto bambaye mu buryo budasanzwe aho abandi babanenga ko bica umuco nyarwanda.
Reba amafoto atandukanye yashyizwe ku mbuga nkoranyamabaga zitandukanyezirimo facebook ndetse na Insagram.



Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *