skol
fortebet

Asande yigishijwe kandi atozwa kurarana n’inzoka afite imyaka 2 none ku myaka itandatu akora umwuga w’ubupfumu(AMAFOTO)

Yanditswe: Friday 07, Jul 2017

Sponsored Ad

skol

Asande yigishijwe kandi atozwa kurarana n’inzoka afite imyaka 2.Nyuma y’imyaka 4 umwana agize imyaka 6. Akora umwuga w’ubupfumu yatojwe nase ngo mu kuvura abantu cyane akabikora iyo se adahari.
Asande ni umwana w’umuhanuzi cyangwa umupfumu gakondo witwa Delano “Madlanduna wo muri Afurika y’epfo.
Madlanduna Papa w’uyu mwana yabwiye itangazamakuru ryo muri Afurika Yepfo ko gukorana n’inzoka yabyigishijwe n’abakurambere ngo nawe niyo mpamvu yabyishije umwana we ngo kuko imbaraga zose n’amafaranga (...)

Sponsored Ad

Asande yigishijwe kandi atozwa kurarana n’inzoka afite imyaka 2.Nyuma y’imyaka 4 umwana agize imyaka 6. Akora umwuga w’ubupfumu yatojwe nase ngo mu kuvura abantu cyane akabikora iyo se adahari.

Asande ni umwana w’umuhanuzi cyangwa umupfumu gakondo witwa Delano “Madlanduna wo muri Afurika y’epfo.

Madlanduna Papa w’uyu mwana yabwiye itangazamakuru ryo muri Afurika Yepfo ko gukorana n’inzoka yabyigishijwe n’abakurambere ngo nawe niyo mpamvu yabyishije umwana we ngo kuko imbaraga zose n’amafaranga biba muri iyo nzoka boroye.

Leta ya Afurika y’epfo ari naho bakomoka yashatse gutwara inzoka yabo ngo kuko bitemewe kubana n’ibikoko ariko Papa wa Asande ababwirako bayitwaye bahura n’akaga maze barayireka.

Ibitekerezo

  • Igitekerezo uyumwana aragowepeee iza
    murya

    Aya ni amadayimoni mw’izina rya Yesu.

    Egoko!

    Egoko!

    Ariko satani asigaye akora kumugaragaro .ibi byose bigaragaza ko yesu agiye kugaruka bakristo dukwiye kuba maso kuko abakorera satani ntabwo bicaye

    yesu we dutababare pe twongerere imbaraga kk ndabona ibyo turwana abyo bikomeye Ahaaa nahawe nana !!!!!

    Sinunva se ngo nomunda zacu habamo inzoka? Nonese ko zitaturya? Ikintu cyose iyo mumenyeranye mubinshuti biriya nibisanzwe

    ijambo ly’imana lyamagana ubupfumu kuko satani ariwe wihishe inyuma yabwo gutegekwa kwa kabili 18:10-12

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa