Debie Kagisha yasabye abagabo bose kumureba bakareka kurangararira Kim Kardashian kuko ngo amurusha ikibuno cyiza no kuryoha[AMAFOTO]
Yanditswe: Thursday 18, Feb 2021
Debie Kagisha ni umwe mubakobwa bamaze kwamamara cyane kumbuga nkoranyambaga mugihugu cya Uganda.
Uyu mukobwa ni umwe mubakurikirwa n’abantu benshi kubera imiterere ye nawe ubwe yivugirako ikurura abagabo bakarara badasinziriye.
Debie yasabye abagabo bo mugihugu cya Uganda ko bareka gukomeza kujya barangarira amabuno y’umunyamerika kazi Kim Kardashian nawe uri mubagore bafite ikibuno gikurura abagabo benshi ku isi.
Debie ubwo yaganiraga n’ikinyama Sqoop Magazine cyandikirwa muri Uganda, bamubajije impamvu akundwa n’abagabo cyane maze avugako akundwa kubera ikibuno cye Imana yamwihereye.
Yagize ati “Nkundwa kubera ikibuno Imana yanyihereye, ahubwo ndasaba abagabo bose batuye Uganda ko batazongera kurangarira Kim Kardashian, bajye bareba njye, Kim ntaho duhuriye mukugira ikibuno kirenze kandi nawe urabibona”
Yakomeje agira ati “Uzabishaka azaze mwumvishe, akoreho ndetse yumve nuko ndyoshye…!”
Debie Kagisha kubera gukundwa cyane muri Uganda asigaye yifashshwa n’abamamaza ibikorwa byabo mu mujyi wa Kampala
Debie niwe ambasaderi w’inzoga ya Ciroc muri Uganda, akunze kumvikana avugako azaba mubakire bambere muri Uganda abikesha ikibuno cye.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *