skol
fortebet

Diamond nyuma yo gutandukana na Tanasha nawe yagize icyo abwira abakobwa bamukunda

Yanditswe: Friday 06, Mar 2020

Sponsored Ad

skol

Umuhanzi Diamond Platnumz yasize abafana bibaza byinshi nyuma yo kugirana ikiganiro n’abanyamakuru ku gicamunsi cyo ku wa gatatu tariki ya 04 Werurwe, aho yari yabahamagariye guhurira muri Hoteri ya Serena i Dar Es Salaam.

Sponsored Ad

Uyu muhanzi wisanze mu bikorwa byo gusebanya, yasubije abamushinja kuba imbata y’abagore, avuga ko kuba abagore bamukunda ntawe aba yashyizeho agahato.

Nkuko bisanzwe, abantu benshi bari biteze ko aza gukemura ikibazo cyo gutandukana na Tanasha n’ibivugwa kuko yari yabanje guteguza ko ashaka gutanga uruhande rwe kuri icyo kibazo.

Umuhanzi Diamond Platnumz yasize abafana bibaza byinshi nyuma yo kugirana ikiganiro n’abanyamakuru ku gicamunsi cyo ku wa gatatu tariki ya 04 Werurwe, aho yari yabahamagariye guhurira muri Hoteri ya Serena i Dar Es Salaam.

Uyu muhanzi wisanze mu bikorwa byo gusebanya, yasubije abamushinja kuba imbata y’abagore, avuga ko kuba abagore bamukunda ntawe aba yashyizeho agahato.

Nkuko bisanzwe, abantu benshi bari biteze ko aza gukemura ikibazo cyo gutandukana na Tanasha n’ibivugwa kuko yari yabanje guteguza ko ashaka gutanga uruhande rwe kuri icyo kibazo..

Icyakora abanyamakuru barumiwe cyane kuko byaje kugaragara ko uyu muhanzi ukunzwe cyane mu njyana ya Bongo Flavor, itumirwa ryabo ryari rijyanye n’imurikwa rye nka ambasaderi w’amarangi ya caral (coral paints) afite ikiraka cyo kwamamaza, aho yagize ati:

“Mbere na mbere ndashimira iyi sosiyete kuba yujuje imyaka 30 kuko muziko imyaka 30 ari imyaka yanjye, ubwo rero mvutse iyi sosiyete nayo yaratangiye.. Muri iyo myaka 30 batanze akazi kubanya Tanzaniya, urabizi mbere yuko nemera ikintu ndeba mbere kubwinyungu za Tanzaniya. Numwanya mwiza kandi burigihe iyo mbonye amahirwe yo gukorana na Sosiyete ndamamaza rwose. Nkumusore ukora mubuhanzi, ndashaka gukora muburyo bwiza, kandi isosiyete nkiyi gukorana na Diamond nikintu cyiza ”

Abanyamakuru babajije Diamond impamvu atavugwaho rumwe ku bijyanye n’abagore, avuga ko ntawe avuga, ko kuba abagore bamukunda ntawe aba yashyizeho igitutu.

Diamond yavuze ko abagore bamukunda ari uko hari ibintu byiza baba biteze kumukuraho, yemwe banafite ikizere cyo kubibona.

Ati” Aba bashiki bacu ubwabo ni ibintu bazi nyakubahwa, uratekereza hari ubafatiraho inkoni ngo bakunde Diamond ? Bazi neza ko bosi wabo ari umuntu mubi.”

Muri iki kiganiro Diamond ntabwo yigeze avuga ku itandukana rye na Tanasha. Abanyamakuru barahatirije ngo babimubazeho, gusa undi arabangira.

Ibitekerezo

  • Ibi bijye bibera urugero abakobwa bose.Bakobwa,mujye mwirinda ibyo muvuga ngo "muri mu rukundo na Kanaka".Muge mumenya ko iyo muhaye Abahungu ibyo baba bashaka,akenshi baraguta bagafata undi.Muzi ko bituma Abakobwa benshi biyahura.Ikirenze ibyo,bibabaza Imana itubuza kuryamana n’umuntu utari uwo twashakanye mu mategeko.Ndetse ikavuga ko abasambanyi batazaba muli paradizo.Ntimukigire sex objects (ibikoresho by’abagabo).Kwishimisha akanya gato hanyuma bikazakubuza ubuzima bw’iteka,ni ukutagira ubwenge (wisdom).Mushake Imana kandi muyitinye.

    Wamuganiwe haruwo mwigemwumva yamureze ngoyamuhatirije kumukunda. Kdi gukundwa sikosa. Niba bumvako ahemuka bazamuhe amahoro ubundi bamwange noneho we yihitiremo uwazakunda akaramata. Niba ataribyo nibamukunde cyane

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa