Dore amafoto agaragaza ko bamwe mu bakobwa bubu batacyambara amakariso [AMAFOTO]
Yanditswe: Tuesday 24, Jul 2018
Muri iki Gihe tugezemo benshi bibaza ikintu gituma benshi mu bakobwa bubu batagikozwa kwambara amakariso ndetse ikindi uramutse utembereye muduce dutandukanye two kwisi usanga uyu muco weze cyane nubwo iwacu bidakunze kuhagaragara.
Mu Gihugu cya Nigeria ndetse na Afurika y’Epfo kuri ubu usigaye usanga bategura ibitaramo bidasanzwe aho bimwe biba bibera mu macumbi yabakobwa bafite agafaranga ndetse ibindi ugasanga bibera ahantu mu tubari dutandukanye gusa benshi bakaba bibaza impamvu nyamukuru ituma batambara amakariso mu minsi ya wikende iyo bijihije bino bitaramo biba mu masaha y’ijoro.
Mu kiganiro twagiranye n’umwe mu bakobwa bazwiho gusohoka mu mujyi wa kigali utarifuje ko amazina ye ajya hanze yatubwiye ko akenshi kurubu haringanda zikora imyenda igezweho y’ abakobwa aho usanga imwe muri iyo mwenda idozwe kuburyo itagombera kwambara ikariso ndetse no kwambara amasutiya cyangwa ugasanga imye ikwemerera kwambara ikariso n’ akarega gusa (agafunga amabere) .
Ikindi yatubwiye ko bishoboka ko mu myambarire ye umukobwa ashobora kugenda atambaye ikariso nuko ndetse ko ari uburenganzira bw’umukobwa kwambara uko abyifuza.
Yagize ati “Kuri njyewe nta tegeko na rimwe rivuga ko umukobwa akwiye kwambara ikariso, ni nde wabivuze se? Niba atayikunda se cyangwa se imubangamiye kuki abantu bumva ko akwiye kuyambara?”
Yakomeje agira ati “Si itegeko ni nk’uko n’umuhungu ashobora kutambara isengeri, umukobwa wese ntabwo akwiye kwambara isutiye cyangwa ikariso ntabwo aba yaciye inka amabere, buriya iba itamufashije kandi yumva ari bwo yisanzuye.”
Niba hari abakobwa batacyambara imyenda y’imbere byaba ari iterasoni. Byaba ari ikibazo kuri sosiyete Nyarwanda. Ubwose byagenda bite uwo mukobwa wambaye atyo aramutse akoze impanuka akenda yambaye kakeyuka.”?
Ibitekerezo
aliko mwifuza ko bakuramo byose mukareba!bayambaye, batayambaye ibyo nibyabo kuriya se ubundi ubwirwa, niki ko ntacyo! hali nizi meze nkumushumi keretse ushatse, ko babikwereka
njye ndumva aba ari uburenganzira bwabo kwambara cg ntibambare
Ntaribi tuuu mukomeze