skol
fortebet

Dore urutonde rw’amakipe 10 ya ruhago akize kurusha ayandi ku isi aho Manchester United iyoboye uru rutonde(AMAFOTO)

Yanditswe: Friday 12, May 2017

Sponsored Ad

skol

Umukino wa ruhago ku isi ni umwe mu mikino ikomeye ndetse ikunzwe cyane na benshi kuko usanga abayikina barabaye abakire bo ku rwego rwo hejuru.
Ntago ari amakipe yose akize kuko ayo ku mugabane wa Africa ntago wayagereranya nayo ku mugabane w’iburayi ushyize ku ijanisha ry’amafaranga binjiza.
Iburayi usanga ikipe zifite ibibuga byazo, wareba imitungo muri rusange ukabona ko ifatika ndetse si ibyo gusa kuko abakinnyi n’abatoza nabo usanga bihagazeho cyane.
Abakire bakomeye hanze usanga (...)

Sponsored Ad

Umukino wa ruhago ku isi ni umwe mu mikino ikomeye ndetse ikunzwe cyane na benshi kuko usanga abayikina barabaye abakire bo ku rwego rwo hejuru.

Ntago ari amakipe yose akize kuko ayo ku mugabane wa Africa ntago wayagereranya nayo ku mugabane w’iburayi ushyize ku ijanisha ry’amafaranga binjiza.

Iburayi usanga ikipe zifite ibibuga byazo, wareba imitungo muri rusange ukabona ko ifatika ndetse si ibyo gusa kuko abakinnyi n’abatoza nabo usanga bihagazeho cyane.

Abakire bakomeye hanze usanga bashora imigabane yabo mu makipe, ndetse n’amashyirahamwe akomeye ugasanga atera inkunga amakipe kugirango barusheho kwamamaza ibikorwa byabo cyane.

Muri rusange aya ni amakipe 10 akize cyane ku isi kurusha ayandi

10.Juventus — £255.1 million

9.Liverpool — £302 million

8.Chelsea — £334.6 million

7.Arsenal — £350.4 million

6.Paris St-Germain — £389.6 million

5.Manchester City — £392.6 million

4.Bayern Munich — £442.7 million

3.Real Madrid — £463.8 million

2.Barcelona — £463.8 million

1.Manchester United — £515.3 million

Ibitekerezo

  • Muzatubwire atanu akize mu rwanda

    Mu oyeeeeee gumakwisonga but umwaka utaha Batwitege

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa