skol

Ese kuva amaraso mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina nibyo bigaragaza ko umukobwa ari isugi?REBA HANO

Yanditswe: Wednesday 27, Jun 2018

Sponsored Ad

skol

Nyuma y’ubushakashatsi bwagiye bukorwa n’inzobere zitandukanye, ngo hemezwa ko umukobwa ari isugi iyo nta gitsina cy’umuhungu cyari cyinjira mu gitsina cye bishatse kuvuga ko aba atarakora imibonano mpuzabitsina by’umwihariko akaba agifite agahu kitwa Hymen mu ndimi z’amahanga.

Benshi bajya bibeshya bagacyeka ko iyo bakoranye imibonano mpuzabitsina n’umukobwa akava amaraso ko aba amutwaye ubusugi, yego birashoboka ariko si buri gihe, ngo gusa ikibyemeza cyane ni aka gahu kaba gapfutse umwenge w’igitsina cy’umukobwa (Hymen) kurusha uko byagaragazwa n’amaraso kuko ashobora kuyava bitewe no gukomereka cyangwa ubundi burwayi yari afite mu myanya ndagagitsina.

Nyuma y’ubushakashatsi bwagiye bukorwa n’inzobere zitandukanye, ngo hemezwa ko umukobwa ari isugi iyo nta gitsina cy’umuhungu cyari cyinjira mu gitsina cye bishatse kuvuga ko aba atarakora imibonano mpuzabitsina by’umwihariko akaba agifite agahu kitwa Hymen mu ndimi z’amahanga.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa