Hamisa umugore wa Diamond yinjiye mu ruhando rwa muzika
Yanditswe: Sunday 01, Jul 2018
Hamisa Mabetto wabyaranye na Diamond yinjiye mu ruhando rwa muzika rw’abahanzi bakora akazi ko kuririmba aho yashyize hanze indirimbo ye nshya yise Madam Hero.
Umunyamidelikazi Hamisa Mabetto ndetse akaba n’umugore w’ umuhanzi Diamond kuri ubu yiyongereye ku rutonde rw’abahanzikazi babarizwa muri Dar es Salaam aho yashyize hanze indirimbo ikubiyemo ubutumwa bugira buvuga igihe kigeze ngo avuge byinshi yarafite ku mutima we kubera ko adatewe isoni nibyo arimo ndetse ko ntakibazo afitanye na buri umwe ahubwo ko afite uwamuhaye akanyamuneza kuko magingo aya bigaragara n’abamukikije
Yagize ati “ mfite byinshi byo kuvuga kandi ntamuntu ukwiye kunyekera ibindi kuko buri wese afite amahitamo ye kandi bikaba biri mu nshingano ze [….] mfite akanyamuneza kadanzwe kandi na buri umwe umbona arabibona ariko ibi byose mbikesha kuba nyifite Imana kandi ikimpozaho imbaza zayo ndizera neza ko uzabona ubu butumwa bwajye Madam Hero .“
Iyi ndirimbo yageze hanze biracyekwa ko yayikoze kubera ko Diamond basanzwe bafitanye umubano w’ibanga hagati yabo ndetse bivugwa ko impamvy yavuze ko amuha ibyishimo aruko aherutse kumugurira inzu yo guturamo mu rwego rwo kumucyemurira ikibazo cyo kwishyura inzu kuko uyu musore ntakandi kazi kamuhemba ku kwezi agira uretse gutera ibiraka ahantu hatandukanye yamamaza imideli.
Umva indirimbo yashyize hanze:

Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *