Hellen yatangaje ko akiri isugi ndetse n’igihe azatanga ubusugi bwe
Yanditswe: Saturday 14, Jul 2018
Umunyamideli mu gihugu cy’abaturanyi cya Uganda, Hellen Lukoma yavuze ko akiri isugi ndetse ko azatanga ubusugi bwe yarongowe.
Umukinnyi w’ama filime akaba n’umunyamideli mu gihugu cy’abaturanyi cya Uganda, Hellen Lukoma kuri uyu mugoroba wo kuwa gatandatu taliki ya 13 Nyakanga 2018, ubwo yari yitabiriye igitaramo cyateguwe n’umunyarwenya Napoleone Ehmah, yatungue abantu ubwo yavugaga ko ari isugi ndetse azatanga ubusigi bwe ku mugabo uzemera kumubera umutware ubuzima bwe bwose bagakora n’bukwe .
Uyu mukobwa w’umukinnyi w’ama filime ndetse rimwe narimwe unyuzamo akaririmba yivugiye kumugaragaro ko akiri isugi.
Yagize ati “sinzi niba munzi,ariko ndashaka kubabwira uwo ndiwe ndi isugi. ibintu abantu bababwira byose ngo ndi ikirara n’ibindi byose barababeshya ntago ari ukuri kandi nizeye ko nzakora imibonano mpuzabitsina nashyingiwe”.
Hellen Lukoma akaba yatangaje ibi hashize iminsi bivugwa ko ari murukundo n’umusore witwa Dean Nsubuga wo mugihugu cya Uganda.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *