skol

Huddah yakomoje ku makimbirane afitanye na Vera Sidika

Yanditswe: Tuesday 24, Jul 2018

Sponsored Ad

skol

Huddah yavuze ko ntamakimbirane afitanye na Vera Sidika ahubwo ko ari ababa bifuza kubiba urwango hagati yabo bahimba ibihuha.

Mu minsi yashize nibwo ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwijwe amakuru avugako ko Huddah Monroe ndetse na Vera Sidika bafitanye amakimbirane ashingiye ku mitungo bafite aho Huddah yabwiraga Sidika ko agendera mu modoka ihenze we atarabasha kugenderamo.

Ibi byakuruye urwango hagati yabo kugera ubwo batukana . Kuri uyu wa Gatandatu ubwo Huddah yatumirwaga kuri Televiziyo ikomeye muri Kenya yatangaje ko amakimbirana abavugwaho ko hari abayihishe inyuma yayo yongeraho ko ubwabo ntatakintu bapfa ndetse ko ibyo bakwirakwiza hanze ari ibinyoma.

Twakwibutsa ko bano bakobwa bombi bamamaye ku mbuga nkoranyambaga kubera amafoto ndetse n’amashusho bashyira hanze , ndetse bafatwa nk’bamwe mu byamamarekazi byakundanye n’abahanzi benshi batuye ku isi , nubwo bagiye babihakana bavuga ko baba bahujwe n’akazi ntakindi.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa