Imodoka yitwara yashyizwe ahagaragara ihita ikora impanuka irimo abagenzi-REBA HANO
Yanditswe: Friday 10, Nov 2017
Imodoka idakenera umufoferi yakoze impanuka ubwo yerekanwaga ku mugaragaro
ahitwa Las Vegas.
Iyi modoka yari ihetse abagenzi iza kugongwa n’ikamyo
yigenderaga buhoro.
Amakuru akomeza avuga ko iyi modoka yakoze impanuka bitewe n’uburangare
bw’umushoferi, byatumye yangirika ibice by’imbere.
Ku bw’amahirwe mu bantu umunani bari bayirimo nta wakomeretse cyangwa ngo
ahasige ubuzima.
Umuvugizi wa Las Vegas yavuze ko iyo mpanuka itari ikanganye. Akomeza avuga
ko iyo modoka nta minsi (…)
Imodoka idakenera umufoferi yakoze impanuka ubwo yerekanwaga ku mugaragaro
ahitwa Las Vegas.
Iyi modoka yari ihetse abagenzi iza kugongwa n’ikamyo
yigenderaga buhoro.
Amakuru akomeza avuga ko iyi modoka yakoze impanuka bitewe n’uburangare
bw’umushoferi, byatumye yangirika ibice by’imbere.
Ku bw’amahirwe mu bantu umunani bari bayirimo nta wakomeretse cyangwa ngo
ahasige ubuzima.
Umuvugizi wa Las Vegas yavuze ko iyo mpanuka itari ikanganye. Akomeza avuga
ko iyo modoka nta minsi myinshi izashira idasubiye mu muhanda.
Gusa nubwo iyi mpanuaka yabaye ngo ntiyabujije kwerekana ko iyo modoka
idakenera umushoferi yageze ku ntego yayo ubwo yamurikagwa.
Iri geragezwa ngo rizakomeza gukorwa mu gihe cy’amezi 12.
Ikigo gishinzwe ubwikorezi muri ako gace, cyavuze ko ari ibintu byiza kandi
n’abanyamerika bazabyishimira.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *