skol

Kaneza Chanciella w’imyaka 24 warugiye kurangiza Kaminuza yapfuye urupfu rwateye benshi agahinda

Yanditswe: Friday 26, Mar 2021

Sponsored Ad

skol

Kaneza Chanciella w’imyaka 24 y’amavuko warugiye gusoza amashuri ya kaminuza mu buganga yapfute urupfu rwateye benshi agahinda.

Kaneza yigaga mu mwaka wa kane muri kaminuza y’U Burundi akaba yigaga ibijyanye n’ubuganga. Uyu mukobwa ukiri muto bavuze ko yapfuye ubwo yavaga ku ishuri mu masaha y’umugoroba.

Nkukotubikesha mind care, uyu mukobwa biravugwa ko yishwe n’umuriro w ‘amashanyarazi ubwo yanyereraga ku giti cyariho insinga z’umuriro.

Bivugwa ko yanyereye akagwa ku giti cy’ipoto cyari cyatuwe hasi n’imvura nyinshi yagwaga i Bujumbura.

Uyu mukobwa yari atuye aho bita mu Kanyosha aho yabanaga n’umuryango we.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa