skol
fortebet

Kubera utwenda tugufi miss Teta Sandra yicaye nabi maze bafotora hagati y’amaguru ye(AMAFOTO)

Yanditswe: Monday 09, Oct 2017

Sponsored Ad

skol

Miss Teta Sandra yatunguwe yerekanye ibyo yambariyeho nyuma yo kuza mu gitaramo yambaye utwenda tugufi twatumye yicara akaza kwisanga yerekanye akenda k’imbere.
Kuri uyu wa gatanu, ubwo Miss Teta Sandra yari yasohokeye mu kabari kamwe hano I Kigali yaje kugaragara yicaye nabi buri wese yirebera icyo ashatse.
Miss Teta Sandra ukunze kugaragara yambaye utwenda tugufi mu bitaramo akunda kugaragaramo dore ko ari umwe mu bategura ibitaramo muri uyu mujyi wa Kigali.
Miss Teta Sandra (...)

Sponsored Ad

Miss Teta Sandra yatunguwe yerekanye ibyo yambariyeho nyuma yo kuza mu gitaramo yambaye utwenda tugufi twatumye yicara akaza kwisanga yerekanye akenda k’imbere.

Kuri uyu wa gatanu, ubwo Miss Teta Sandra yari yasohokeye mu kabari kamwe hano I Kigali yaje kugaragara yicaye nabi buri wese yirebera icyo ashatse.

Miss Teta Sandra ukunze kugaragara yambaye utwenda tugufi mu bitaramo akunda kugaragaramo dore ko ari umwe mu bategura ibitaramo muri uyu mujyi wa Kigali.

Miss Teta Sandra yamenyekanye cyane ubwo yakundanaga n’umusore ubarizwa mu itsinda rya Active, Derek, gusa ibyabo ntibyatinze kuko baje gushwana batandukana nabi.

Miss Sandra yagaragaje ikariso ye ubwo yicaraga akibagirwa ko yambaye utwenda tugufi.

Ibitekerezo

  • Naba nawe yari ayambaye! Simbona muri iyi minsi benshi benshi mu nkumi bagenda babunuje nta n’izo bambaye? Ni akumiro gusa.

    Ni uko nyine gusa birababaje. Gusa naba nawe kuko abandi bo ntibajya banazambara

    Uyu nawe bamujyane IWAWA

    ’Ntaco bitwaye gusa kuba umu ’star suguhena nyampinga nabandi baze bikwieza

    erega ntamugayo ubuse nkuyu mumwita miss mushingiye kuki? ikigaragara nabamutoye niko bameze uyu ntago arumwari ubereye urwanda

    Oya nta kibazo kuko yambaye akenda k ’imbere. Abakobwa basigaye banga kwambara utwenda tw’imbere ku bushake kugirango bakurure abagabo. Ni ibigezweho mwa baturage mwe, abanyamusozi gusa. Mujye muceceka.

    Oya nta kibazo kuko yambaye akenda k ’imbere. Abakobwa basigaye banga kwambara utwenda tw’imbere ku bushake kugirango bakurure abagabo. Ni ibigezweho mwa baturage mwe, abanyamusozi gusa. Mujye muceceka.

    Mumujyire inama yige kwambara kuko kubitubwira ni ukudutesha igihe,ubundi mwebwe mujyanywa no kureba karabaye ntabindi biganiro byaditeza imbere mwabona?

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa