Mu mafoto reba ibihe bidasanzwe Lionel Messi arimo n’umukunzi we n’abana babo mu buryohe bw’ukwezi kwa buki
Yanditswe: Sunday 09, Jul 2017
Umukinnyi akaba na rutahizamu w’ikipe ya FC Barcelona ndetse na Argentine kuri ubu ibyishimo ni byose nyuma y’ubukwe bw’akataraboneka aheruka gukora, kuri ubu ari kwishimana n’umukunzi we mu buryohe bw’ukwezi kwa buki.
Uyu musore uheruka gukora ubukwe bw’akataraboneka n’umukunzi we Antonella Ruccuzzo bagaragaye bari kuryoha ku mucanga bari kumwe n’abana babo babiri.
Ni nyuma y’aho uyu mugabo w’abana babiri aheruka gukora ubukwe bw’agatangaza ndetse bwaranzwe n’udushya tutari duke ndetse (…)
Umukinnyi akaba na rutahizamu w’ikipe ya FC Barcelona ndetse na Argentine kuri ubu ibyishimo ni byose nyuma y’ubukwe bw’akataraboneka aheruka gukora, kuri ubu ari kwishimana n’umukunzi we mu buryohe bw’ukwezi kwa buki.
Uyu musore uheruka gukora ubukwe bw’akataraboneka n’umukunzi we Antonella Ruccuzzo bagaragaye bari kuryoha ku mucanga bari kumwe n’abana babo babiri.
Ni nyuma y’aho uyu mugabo w’abana babiri aheruka gukora ubukwe bw’agatangaza ndetse bwaranzwe n’udushya tutari duke ndetse bukaba bwari bawnitabiriwe n’ibihangange bitandukanye.
Uyu musore kuri uyu wa Gatatu akaba aribwo yongeraga amasezerano mu ikipe ya FC Barcelona kuri miliyoni 33,6 by’amadorali y’Amanyamerika.
Aya ni amafoto agaragaza Messi n’umukunzi we mu buryohe bw’ukwezi kwa buki:
Ibitekerezo
nkunda ukuntu uyu mugabo yita kumuryango numugabo mwiza pe 👠ðŸ™
Courage muntu wajye messi is the best
messi genda uri umugabo ukunda umuryango wawe!l like u,u are the best
Ubuzima buraryoha iyo mwizeranye nkaba bene data.
Ubuzima buraryoha iyo mwizeranye nkaba bene data.