Mu mafoto reba igiti kiri kubica bigacika ku mbuga nkoranyambaga bitewe n’uburyo giteye neza nk’umugore utwite
Yanditswe: Monday 21, Aug 2017
Uko iminsi igenda ni nako hagenda havumburwa ibintu bitandukanye ku Isi, ariko abantu bakaba bibaza niba no mu bihe bya kera naho byaragaragaraga, hari aho wumva ngo umuntu yabyaye umwana usa n’inyamaswa, undi afite imitwe ibiri, amaguru ane n’ibindi.
Mu gihugu cya pologne ho hakozwe igiti kitari karemano, giteye neza nk’umugore utwite kandi kikaba nk’aho ari igitangaza kuko kirigusurwa na benshi bafite ubushobozi muri icyo gihugu.
Inkuru ijyanye no gukora iki giti yavuye ku musirikare wari (...)
Uko iminsi igenda ni nako hagenda havumburwa ibintu bitandukanye ku Isi, ariko abantu bakaba bibaza niba no mu bihe bya kera naho byaragaragaraga, hari aho wumva ngo umuntu yabyaye umwana usa n’inyamaswa, undi afite imitwe ibiri, amaguru ane n’ibindi.
Mu gihugu cya pologne ho hakozwe igiti kitari karemano, giteye neza nk’umugore utwite kandi kikaba nk’aho ari igitangaza kuko kirigusurwa na benshi bafite ubushobozi muri icyo gihugu.
Inkuru ijyanye no gukora iki giti yavuye ku musirikare wari uvuye ku rugamba mu ntambara ya kabiri y’isi 1945 akaba yari yarasize umugore we atwite gusa ku mahirwe make asanga yarapfuye.
Ibitekerezo
Simbona se ari icyo abantu babaje bakagiconga ngo bihure neza?