skol

Mu mafoto reba ubukwe bw’umusore urwaye cyane uri hafi gupfa n’umukobwa bakundana bwakoze benshi ku mitima(AMAFOTO)

Yanditswe: Tuesday 03, Jul 2018

Sponsored Ad

skol

Umugabo urembye cyane aho ubuzima bwe buri mu marembera yakoze ubukwe n’umukobwa bakundana aryamye mu gitanda cyo kwa muganga, aho yasinye atabasha no kwegura umutwe,amafoto yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga, abayabonye akaba yabakoze ku mitima

Impavu yatumye uyu mukobwa ndetse numuhungu bemera gukora ubukwe kandi umugabo ari indembe ntabwo iramenyekana ariko birakekwa ko, uyu mukobwa ngo akurikiye umutungo uyu mugabo afite ngo napfa azawegukane.

Mu mafoto yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga yagaragaje ko uyu mukobwa n’umuryango we bishimye barimo guseka igihe umugabo we ari mahututi cyangwa indembe aryamye iruhande rwabo kugitanda.

Ibitaro ubu bukwe bwabereyemo ndetse n’amazina yabo byagizwe ibanga, mu gihe ibi byabereye muri Cameroon.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa