skol

Mu mvugo yuje agahinda kenshi Zari yongeye kwibuka uwahoze ari umugabo we

Yanditswe: Monday 07, May 2018

Sponsored Ad

skol

Zari Hassan wahoze ari umugore wa nyakwigendera Ivan Ssemwanga,kuri ubu yongeye kwibuka umugabo we umaze umwaka apfuye.
Mu mpera za kino cyumweru tuvuyemo nibwo Zari abinyujije kuri Instagram ko afite agahinda kenshi kandi ko akumbuye Ivan Ssemwanga umaze umwaka umwe atabarutse aguye mu bitaro byo muri Afurika Y’Epfo aho yararwariye.
Zari yanditse agira ati "Birakomeye cyane kwibuka ko umwaka wose ushize utuvuyemo,nta munsi ujya ushira ntagusengeye wowe na mama wanjye,roho zanyu (…)

Zari Hassan wahoze ari umugore wa nyakwigendera Ivan Ssemwanga,kuri ubu yongeye kwibuka umugabo we umaze umwaka apfuye.

Mu mpera za kino cyumweru tuvuyemo nibwo Zari abinyujije kuri Instagram ko afite agahinda kenshi kandi ko akumbuye Ivan Ssemwanga umaze umwaka umwe atabarutse aguye mu bitaro byo muri Afurika Y’Epfo aho yararwariye.

Zari yanditse agira ati "Birakomeye cyane kwibuka ko umwaka wose ushize utuvuyemo,nta munsi ujya ushira ntagusengeye wowe na mama wanjye,roho zanyu ziruhukire mu mahoro".

Ivan akaba yaratabarutse tariki 25 Gicurasi 2017 aho yari yaranatandukanye na Zari maze agahita ajya gukundana n’umuhanzi Diamond Platnumz nawe ubu bamaze gutandukana bafitanye abana 2.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa