skol

Nyuma y’urupfu rw’uwahoze ari umugabo wa Zari,Diamond nawe ubu ubwoba ni bwose

Yanditswe: Friday 02, Jun 2017

Sponsored Ad

skol

Nyuma y’uko Yvan Ssemwanga wahoze ari umugabo wa Zari ubu usigaye yibanira na Diamond atabarukiye, ubu Diamond Platinumz ikidodo ni cyose kuko ngo afite ubwoba bwo kuba na we yapfa akisigira abana.
. Diamond aratinya gupfa agasiga abana be . Diamond Platinumz ubwoba ni bwinshi nyuma y’urupfu rwa Yvan Ssemwanga . Diamond Platinumz afite ubwoba bwo gupfa agakurikira Ssemwanga yatwaye umugore . Umuhanzi Diamond Platinumz afite ubwoba bwo gupfa
Diamond Platinumz ni umwe mu bahanzi (…)

Nyuma y’uko Yvan Ssemwanga wahoze ari umugabo wa Zari ubu usigaye yibanira na Diamond atabarukiye, ubu Diamond Platinumz ikidodo ni cyose kuko ngo afite ubwoba bwo kuba na we yapfa akisigira abana.

. Diamond aratinya gupfa agasiga abana be
. Diamond Platinumz ubwoba ni bwinshi nyuma y’urupfu rwa Yvan Ssemwanga
. Diamond Platinumz afite ubwoba bwo gupfa agakurikira Ssemwanga yatwaye umugore
. Umuhanzi Diamond Platinumz afite ubwoba bwo gupfa

Diamond Platinumz ni umwe mu bahanzi bakomeye muri muzika muri aka karere ka Afurika y’iburasirazuba ndetse no muri Afurika yose.

Kuri ubu Diamond yibanira na Zari nk’umugore n’umugabo aho bamaze kubyarana abana 2 umwe w’umukobwa n’undi w’umuhungu baherutse kwibaruka. Nyuma y’uko uwahoze ari umugabo w’umugore we Yvan Ssemwanga atabarukiye, Diamond yatangarije radiyo yo muri Kenya yitwa Capital FM Kenya kuwa 31/05/2017 ko ubu ikintu kimuteye ubwoba kurusha ibindi ari uko ashobora gupfa akisigira abana.

Ibi bikaba bishobora kuba bifitanye isano n’urupfu rwa Yvan kuko na we yasize abana 3 yabyaranye na Zari gusa bamwe mu bo mu muryango ngo bakaba baragaragaje ko batabemera neza ndetse ko bagomba gupimwa mbere y’uko bahabwa imitungo ya se.

Reba hano hasi ikiganiro Diamond Platinum yagiranye na Capital FM Kenya

Ibitekerezo

  • mwagiye mwandika inkuru namwe ibafitiye akamaro deyamond se gupfa niki yarazise ko azagumaho kujyeza ryari

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa