skol

Nyuma yo guca inyuma abo bashakanye,umugabo n’umugore bafashwe bafatanye(REBA VIDEO)

Yanditswe: Wednesday 07, Jun 2017

Sponsored Ad

skol

Umugabo w’imyaka 56 wo mu gace ka Kericho-Kisumu muri Kenya yaciye umugore we inyuma maze afatanye n’umugore basambanaga bajyanwa ku biro bya Polisi yo muri aka gace maze hitabazwa umupfumu kugira ngo abatandukanye.
Uyu mugabo w’imyaka 56, wari ufite umugore n’abana yafatanye n’uyu mugore usanzwe ari umucuruzi mu mujyi wa Kericho ubwo bamaraga gusangira inzoga maze bakaza kujya muri ‘Lodge’za West Gauge yari hafi aho akaba ari naho bahuriye n’izi nsanganya.
Ikinyamakuru eDaily kivuga ko (…)

Umugabo w’imyaka 56 wo mu gace ka Kericho-Kisumu muri Kenya yaciye umugore we inyuma maze afatanye n’umugore basambanaga bajyanwa ku biro bya Polisi yo muri aka gace maze hitabazwa umupfumu kugira ngo abatandukanye.

Uyu mugabo w’imyaka 56, wari ufite umugore n’abana yafatanye n’uyu mugore usanzwe ari umucuruzi mu mujyi wa Kericho ubwo bamaraga gusangira inzoga maze bakaza kujya muri ‘Lodge’za West Gauge yari hafi aho akaba ari naho bahuriye n’izi nsanganya.

Ikinyamakuru eDaily kivuga ko uyu mugabo yari atwaye ikamyo yerekeje muri Uganda ageze murin uyu mujyi wa Kericho ahura n’uyu mugore bari basanzwe baziranye maze bahita bacura umugambi wo kujya gutera akabariro.

Ubwo bageraga muri lodge bakoreragamo aya mahano batangiye igikorwa cyari kibajyanye maze mu kanya gato umugabo ashatse kwiyaka umugore igitsina cye cyanga kuvamo birabashobera maze batangira gutabaza.

Abakozi bo muri izi lodge za West Gauge bahise batarara bwangu maze basanga abantu bafatanye ari nako batakaga cyane kubera uburibwe bukabije, nibwo bahise bihutira kubasohora maze bajyanwa kuri sitasiyo ya polisi.

REBA HASI VIDEO ABA BOMBI BAFATWA BAFATANYE

Aba bantu bahuye n’urwo gusenya dore ko bajyanwe kuri sitasiyo ya polisi ari nako abantu bagendaga babaha inkwenene

Ubwo bagezwaga kuri sitasiyo ya polisi hahise hitabazwa umupfumu witwa Annette Mutheu w’inzobere ku bibazo nk’ibi wo mu mujyi wa Kisii dore ko bikunze no kugaragara muri aka gace, maze arabatandukanya.

Ikinyamakuru eDaily gikomeza kivuga ko nyuma y’uko uyu mupfumu abatandukanya uyu mugore yavuye amaraso menshi ku buryo yahise ajyanwa kwa muganga kugira ngo abe yavurwa.

Abaturanyi b’uyu mugore bavuga ko umugabo we yari yagiye hanze muri gahunda z’ubucuruzi.

Ibitekerezo

  • Njye ndasaba ko mwanshakira inumber za telephone ya Annette Mutheu

    Uwamuzana i Kigali maze ngo murebe ak’inshoreke n’inshurashuzi zo mu rwanda !!! zishyirwe kuri bose babireba amabuno n’amatako bayanike ku karubanda

    nanga abarozi nabanvumu ariko nicyo cyabahimo abasamvanyi cyanecyane abanshinyuma yabo bashakanye iminsi yibisambo ni40

    Mbega agashya,umuryango ndabemera cyane kunkuru.
    Ariko mbasabe rwose mugerageze mudushakire uriya mupfumu kuko Hari byinshi yadukiza hano muri Kigali.

    Kuko ubusambanyi burakabije hano,byatuma imiryango yongera ikabana neza naho ubundi zirasenyutse pe.

    mbega ibyiza! wabikora ya mbwa tubana

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa