skol

Nyuma yuko abana b’impanga bavutse bafatanye imitwe,ubu ababyeyi babo ibyishimo ni byose(AMAFOTO

Yanditswe: Monday 19, Jun 2017

Sponsored Ad

skol

Ababyeyi ba Erin na Abby Delaney basanzwe n’ibyishimo nyuma yo kubona abana babo batandukanye umwe akajya ukwe undi ukwe nyuma y’aho aba bana b’impanga bari bavutse mu buryo budasanzwe aho bari bafatanye imitwe.
Erin na Abby bo mu majyaruguru ya Carolina batandukanyijwe n’abaganga. Iki gikorwa cyo gutandukanya aba bana kikaba cyabereye mu bitaro by’abana bya Philadeliphia aho itsinda ry’abaganga batari bake bari bahuye ngo barebe ko barokora ubuzima bw’aba bana babiri.
Aha aba bana (…)

Ababyeyi ba Erin na Abby Delaney basanzwe n’ibyishimo nyuma yo kubona abana babo batandukanye umwe akajya ukwe undi ukwe nyuma y’aho aba bana b’impanga bari bavutse mu buryo budasanzwe aho bari bafatanye imitwe.

Erin na Abby bo mu majyaruguru ya Carolina batandukanyijwe n’abaganga. Iki gikorwa cyo gutandukanya aba bana kikaba cyabereye mu bitaro by’abana bya Philadeliphia aho itsinda ry’abaganga batari bake bari bahuye ngo barebe ko barokora ubuzima bw’aba bana babiri.


Aha aba bana bari bataratandukanywa

Aba bana bakaba ngo bari bafatanyijwe n’agahu kari gafatanyije imitwe y’aba bombi.

Aba bana batandukanyijwe nyuma y’ibyumweru bigera kuri 11 bavutse nk’uko byari byayi byatangajwe n’abaganga.

Nyuma y’ibyumweru 11 bafatanye imitwe batandukanyijwe

Heather na Riley ababyeyi b’aba bana bavutse bafatanye imitwe batangarije Daily mail dukesha iyi nkuru ko nyuma yo kubwirwa n’abaganga ko abana babo bagomba kubagwa nyuma y’ibyumweru 11 bavutse kurigango batandukanywe ngo nta mpungenge bigeze baterwa n’iki gikorwa cyashoboraga guhitana ubuzima bw’aba bana babo.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa