skol
fortebet

Pasiteri Sobrino ategeka abayoboke be kumwonka igitsina kuko ngo amata y’intanga ze ari yo avura ibikomere by’imitima y’abantu

Yanditswe: Sunday 08, Mar 2020

Sponsored Ad

skol

Mu gihugu cya Brazil umu pasiteri yatawe muri yombi azira gusaba umuyoboke kubanza akamwonka igitsina kuko amata y’intanga ze ari yo avura ibikomere by’imitima y’abantu.

Sponsored Ad

Sobrino Valdeci Picanto w’imyaka 59 y’amavuko, ni pasiteri w’itorero rya Evangilic bivugwa ko yari akiri mushya, ariko akaba ahatiriza abayoboke be cyane cyane abagore, konka igitsina cye ku ngufu. Uyu mu pasiteri avuga ko we ari bwo buryo yigishamo ijambo, ndetse akanababwira ko amata y’intanga ze yejejwe mu mwuka wera.

Ikinyamakuru Voice dukesha iyi nkuru, kivuga ko mu kwigisha kwe avuga ko ibice bye by’imyororokere, byahawe umugisha n’Imana ko ‘Umukiza yamuremanye amata yaturutse mu ijuru nk’umwuka wera/mutagatifu’ kandi ko agomba kwamamaza ubwo butumwa mu bemera Imana bose ku isi.

Umuyoboke umwe yavuze ko yababwiye ko bazakizwa binuze mu kanwa ati”Yatwemeje ko nta handi hantu Imana izanyura iza mu buzima bwacu uretse mu kanwa honyine.” Akomeza agira ati”Buri giuhe nyuma yo guhimbaza, Pasteri Valdeci yadusabaga gukora igikorwa cyo kumuganiraho kugeza ubwo umwuka wera uva mu ijuru umanutse, ukaza binyuze mu mbuto ndetse agatanga amafaranga ku rusengero.”

Sobrino Valdeci yafatiwe mu gace ka Apore, I Goiás muri Brazil, azira icyaha cyo gufata ku ngufu abagore batagira umubare bateranira mu rusengero rwe. Mu kwiregura we avuga ko intanga ze zahawe umugisha ndetse ko zera zikanavura ibikomere byo mu mitima.

Uyu mugabo akimara kumva ibirego aregwa n’ubushinjacyaha, yavuze ko we afitanye amasezerano yihariye na Yesu Christo, yo kujyenda atanga ku ntanga zejejwe. Avuga ko ibi yagombaga kubikora mu bice byose by’isi, ariko ko yagombaga gutangirira muri Apore Assembly nk’urusengero asanzwe ahagarariye.

Umwe mu bo bakoranaga Denise Pinheiro, yavuze ko uyu mugabo yafatiwe mu cyuho ubwo yarari mu cyumba yuzuza intangangabo ze mu isura y’umugore w’umucuruzi wo muri ako gace, aho yari yamusezeranyije ko nyuma yo kunywa izo ntanga, azabona abakiriya benshi ndetse n’ubucuruzi bwe bukaguka bugatera imbere ku kigero cyo hejuru cyane. Denise akomeza auga ko uyu mugabo atigeze ateza amahane ubwo inzeo z’umutekano zamufataga, ahubwo ko mu nzira bamutwara kuri kicaro cya police, yabazaga uyu mugore niba na we yumva yaba umwe mu baharanir Ubwami bw’Ijuru.

Mu kwezi gushize nibwo Prothet Mboro ukomoka muri Afrika Yepfo byatangajwe ko yazamutse akajya mu ijuru ku manywa ubwo amateraniro yabaga. Nyuma y’icyumweru kimwe uyu mugabo yagarutse yivugira ko yifashe mafoto menshi(selfies) na telefone ngendanwa ye yo mu bwoko bwa Samsung Galaxy, ndetse ko ayo mafoto yafatiye mu ijuru yayagurishije amadorali y’Amerika asaga 500. Yanavuze ko yasanze Yesu afite umugore w’umwirabura.

Nanone mu munsi ishize nibwo hasakaye inkuru zivuga ko umu pasioteri utaratangajwe aho aturuka, wasabye abayoboke bose gukuramo imyenda bakegerana bagakoranaho. Yasabye abari bateraniye mu rusengero ko bagomba kumara ijoro ryose bari kumwe kugira babone umugisha.

Ibi bikorwa bikorerwa mu nsengero zimwe na zimwe hirya no hino ku isi, ntibikunda kuvugwaho rumwe n’abumva inkuru zabyo. Bimwe ahanini bishingira ku bavugabutumwa bitangazaho amakuru bagamije kumviusha abantu ko ari ibitangaza ndetse ko bakorera abatuye isi ibidasanzwe. Ibi biha umukoro abantu bose bagana insengero, kujya bashishoza bakamenya igisobanuro cy’ibyo bakurikiye n’aho kibajyana.

Ibitekerezo

  • Mwibagiwe kuvuga Pastor wo muli Cameroon wateye inda abagore n’abakobwa barenga 20,basengera mu idini rye.Yababeshya ko ari Imana yabimutegetse baremera.Usanga akenshi Pastors bashuka cyane Abagore n’Abakobwa,kubera ko bagira intege nke kurusha Abagabo.Ikindi kandi,impamvu Pastors bagira abayoboke benshi,nuko babizeza kubasengera bakabona ubukire,visa,imodoka,amazu,kwirukana umwaku n’inyatsi,etc...Muli Yohana wa mbere,igice cya 4,umurongo wa 1,Imana idusaba "gushishoza" iyo duhitamo aho dusengera.Nitubona Pastor wese wigisha agusha ku ifaranga,tugomba kumuhunga.Kubera ko Yesu yasabye abakristu nyakuri "gukorera Imana ku buntu".Bisome muli Matayo 10:8.Icyacumi cyari kigenewe gusa ubwoko bw’Abalewi nkuko Kubara 18:24 havuga.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa