skol

Pasiteri Veronica yavuze uburyo yahawe n’Imana igitsina gitohagiye asaba abagabo bafite ibibazo by’uburumbuke kuryamana nawe

Yanditswe: Wednesday 11, Mar 2020

Sponsored Ad

skol

Umupasitori wo muri Nigeria uzwi ku izina rya Madamu Veronica,mu nyigisho ze zo ku Cyumweru, yatangaje ko abagabo bose baryamanye, bakira ibibazo byabo by’uburumbuke. Ibintu bikomeje kwibazwaho byinshi n’abayoboke b’amadini.

Mu Gihugu cya Nigeria haravugwamo inkuru y’umugore w’umupasiteri akaba n’uwashinze itorero ryitwa Life of Faith and Prosperity Ministry ifite icyicaro i Asaba, muri Leta ya Delta

Pasitori Madamu Veronica yatangaje ko Imana yamuhaye igitsina gitoshye gifite amavangingo ngo kibere igisubizo abagabo bose bafite ikibazo cyo gutabyara.

Uyu mugore wavukiye mu muryango w’abakire ufite amafaranga menshi ,ibi yabivuze mu ruhame ubwo yabwirizaga abayoboke b’itorero rye mu rusengero kuri iki cyumweru. Aho ngo kuri we umugabo uwariwe wese uryamana na we azahita akira indwara yo kutabyara.

Nk’uko Madamu Veronica abitangaza, ngo intego ye ku isi ni ukuryamana n’abagabo no kubafasha gukemura ibibazo byabo by’uburumbuke, gukiza abagabo bose bafite ikibazo cyo gutabyara mu ngo zabo, ibi ngo bizabaho igihe cyose kuri buri mugabo ufite icyo kibazo, amavangingo azava mu gitsina cy’uyu mugore akoze ku gitsina cya buri mugabo baryamanye..

Nyuma yo kubivugira mu rusengero, ntiyarecyeyaho kugirango ibyo avuga bigere no ku bandi bose, yabishize ku rukuta rwe rwa Facebook. aho yashyizeho na nimero ye, asaba abagabo bose bafite ibibazo by’uburumbuke kuza bakaryamana na we kugirango bakire.

Ibitekerezo

  • Aka ni akumiro.Tekereza Pastor ukora publicity y’ubusambanyi.Birenze kuba indaya.Ubu ntakindi ashaka ni amafaranga.Ikibabaje nuko pastors bose bagira abayoboke batabarika.Nta soni bagira zo kwiyita "abakozi b’Imana".Muli Abaroma 16:18,havuga ko nubwo biyita abakozi b’Imana,ni abakozi b’inda zabo.Baba bishakira ifaranga.Abakristu nyakuri,Yesu yabasabye gukorera Imana ku buntu,badasaba amafaranga.Muli Ibyakozwe 20:33,Pawulo yatanze urugero.Umurimo w’Imana yawufatanyaga no gukora akazi gasanzwe,akaboha amahema akagurisha.Nta Cyacumi yasabaga,kimwe n’abandi bigishwa ba Yesu.Icyacumi cyari kigenewe gusa Abalewi,kubera ko nta masambu bagiraga nkuko Kubara 18:24.

    Uzaduhe record yiwe tumenyeko arukuri u7uu
    Ibyomuvuga

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa