skol

Reba abantu bakoze amahano atarakorwa kuri iy’isi ya rurema bitwaje urukundo bigatuma abenshi mu batuye isi babatuka bikomeye(AMAFOTO)

Yanditswe: Wednesday 07, Jun 2017

Sponsored Ad

skol

Ikintu kiri kugarukwaho cyane mu bitangazamakuru kikavugwaho n’abantu benshi batandukanye ni inkuru y’umwana na nyina bitwaje urukundo bagakora amahano atamenyerewe.
.Umugore abana n’umwana we nk’umugabo n’umugore. .Umwana yateye inda nyina umubyara. .Impamvu yateye umugore witwa Betty Mbereko kubana n’umwana we ntivugwaho rumwe. .Ngo urukundo rwateye umwana kubana na nyina umubyara nk’umugore n’umugabo
Ikintu gikomeje gutuma bagarukwaho cyane ni uburyo biyemeje kubana nk’umugore (…)

Ikintu kiri kugarukwaho cyane mu bitangazamakuru kikavugwaho n’abantu benshi batandukanye ni inkuru y’umwana na nyina bitwaje urukundo bagakora amahano atamenyerewe.

.Umugore abana n’umwana we nk’umugabo n’umugore.
.Umwana yateye inda nyina umubyara.
.Impamvu yateye umugore witwa Betty Mbereko kubana n’umwana we ntivugwaho rumwe.
.Ngo urukundo rwateye umwana kubana na nyina umubyara nk’umugore n’umugabo

Ikintu gikomeje gutuma bagarukwaho cyane ni uburyo biyemeje kubana nk’umugore n’umugabo kandi ari umwana na nyina.

Amazina y’uyu mugore ni Betty Farai Mbereko akomoka mu gihugu cya Zimbabwe yasobanuye uburyo yahisemo gusambana n’umuhungu we nyuma baranabana kuko yamukundaga kurusha abandi bose bo ku isi.

Uyu mugore wari watewe inda n’umuhungu we, avuga ko nyuma y’urupfu rw’umugabo we, byashobokaga ko yarongorwa n’umugabo wabo (umuvandimwe w’umugabo we) kandi ko atamukundaga, ahitamo kubana n’imfura ye.

Uyu mugore w’imyaka 41 y’amavuko yatewe inda n’uyu muhungu we Farai Mbereko, umwaka ushize ubwo yari afite imyaka 23 y’amavuko.

Bitwaje urukundo bakora ibyo abantu bise amahano

Betty yakomeje ashimangira ko umugabo we amaze imyaka 13 apfuye ndetse ko abavandimwe ba nyakwigendera bagiye bashaka kuryamana nawe na mbere atarapfa. Kuba atarabiyumvagamo nicyo cyamuteye kurongorwa n’uyu muhungu we.

Mu gihe hari abumvaga ko ari amahano ndetse banabasabira kugezwa imbere y’ubutabera, uyu mubyeyi n’umuhungu we uba wabaye umugabo we batangaje ko ibyo bakoze ari uburenganzira bwabo.

Icyo uyu mugore ashimangira ni urukundo yakunze umwana we ku buryo yumvise nta wundi mugabo yakunda nk’uko yamukundaga. Igikomeje kubera benshi urujijo ni amasano ari muri uyu muryango , aho umwuzukuru w’uyu mugore ari n’umwana we, mu gihe ku mugabo uyu mwana ari umuvandimwe we akaba n’umwana we,(...).

Sinzi niba nawe wemeranywa n’abavuga ko aya ari amahano, Igitekerezo cyawe kirakenewe.

Ibitekerezo

  • Ni amahano gusa se ahubwo ko ari ishyano ryaguye muri icyo gihugu? abantu baranze babaye nk’inyamaswa !!

    Cyakora ndareba nkasanga harimo n’imigenzo yabo ya gipfumu/gipagani wasanga ari ukubahiriza amategeko n’amabwiriza y’abakurambere babo (ndavuga ba nyabingi b’abazimbabwe) hahahahahahahahahahha

    Mana weee ndumuwe kwamugabe narinziko ibintu nkibi bitaba mugihunguki narabimenya ariko nziko nabimenya atazabarebeta izuba ukuntu yanga nabatingana nibi nabirwanye kabisa uyumukecuru yaribeshye cyane ibyo yita ibyishimo bizavamo umubabaro narindire azabona arikwisi

    Cyakora twemere ko isi irangiye ubuse ibi koko urabona ataribigeragezo koko. Gusa mbabajwe nuzabakomokaho niba arubwenge niba barabikoze bafite imyemerere yabo sinzi. Kiriya Gihugu cyo ntakiza kihaturuka nimivumo gusa

    birenze kuba amahano gusa hari ibyo bahisha abantu bishobora kuba
    ari itegeko bahawe nabazimu kugirango bagere kubyo bifuza ntakindi

    Andika Igitekerezo ndumiwe isi irashaje kbs

    Ubwo ni ubugoryi satani yarabagendereye.

    Ubwo ni ubugoryi satani yarabagendereye.

    Isi Igeze Kukanyuma Aho Abantu Basigaye Barongora Banyina Babo

    ubwo se ntamategeko abayo ubundi ntawusezeranya abafite isano ya hafi amahano aragwira

    Aya namahano akomeye bitegure ibihano by’Imana.ndumiwe gusa.

    Aya namahano akomeye bitegure ibihano by’Imana.ndumiwe gusa.

    Aya namahano akomeye bitegure ibihano by’Imana.ndumiwe gusa.

    Aya namahano akomeye bitegure ibihano by’Imana.ndumiwe gusa.

    inkuru nkiyi tuba tumaze imyaka itatu dusomye muba aribwo mukiyimenya koko?

    namahano kabisa ibyonibibaho babikurikirane kuko umwana nanyina mbenga amhano

    Ariko ndumiwe koko

    Delivrance irakenewe. Shetani arabafite.

    Mbega akumiro,ubusekoko ibibyabayeho ?nukuri namahano arenzekwemera

    Mbega akumiro,ubusekoko ibibyabayeho ?nukuri namahano arenzekwemera

    Nyabuna kuki abantu bataye umucyo
    ayo namahano akabije cyane.isi igeze kumusozo pe!!

    Namahano

    Uretse no kuba amahano ni ubukunguzi

    Uretse no kuba amahano ni ubukunguzi

    BARABESHYA NTIBYABAHO

    Ntimugire ubwoba kuko ibi bibaye ari ukuri, byaba ari ibibihe bya nyuma biri kunuka.

    Ariko isi irambunse

    Ariko isi irambunse

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa