skol
fortebet

Reba bimwe mu bimenyetso bizakwereka niba umugore wawe agukunda nta buryarya burimo

Yanditswe: Wednesday 14, Jun 2017

Sponsored Ad

skol

.Menya ibyo wareberaho ko umugore wawe agukunda .Ni gute wamenya ko umugore wawe atakubeshya .Iby’ingenzi bigaragaza umugore ukunda umugabo we
Hari imyitwarire ndetse n’ibikorwa by’ingenzi biranga umugore ukunda umugabo we by’ukuri ku buryo umugore ubikora aba akunda umugabo we nta gushidikanya.
Ibi ni bimwe mu bintu by’ingenzi umugore ukunda umugabo we adasigana nabyo:
1. Yumva akumbuye umugabo we nyuma y’igihe gito : Iyo umugore akunda umugabo we uzasanga igihe adahari yumva amukumbuye (...)

Sponsored Ad

.Menya ibyo wareberaho ko umugore wawe agukunda
.Ni gute wamenya ko umugore wawe atakubeshya
.Iby’ingenzi bigaragaza umugore ukunda umugabo we

Hari imyitwarire ndetse n’ibikorwa by’ingenzi biranga umugore ukunda umugabo we by’ukuri ku buryo umugore ubikora aba akunda umugabo we nta gushidikanya.

Ibi ni bimwe mu bintu by’ingenzi umugore ukunda umugabo we adasigana nabyo:

1. Yumva akumbuye umugabo we nyuma y’igihe gito : Iyo umugore akunda umugabo we uzasanga igihe adahari yumva amukumbuye umunsi umwe adahari akumva wamubererye igihe kirekire.

2. Ahora ashaka udushya yakorera umugabo we : iyo umugore akunda umugabo we uzasanga aharanira kugira udushya amukorera kugira ngo arusheho kumukunda.

3. Akunda umugabo we mu bibi no mu byiza : Iyo umugore akunda umugabo we bya nyabyo ntabwo ahindurwa n’ibihe uko byagenda kose amwereka ko amukunda haba mu bihe bibi no mu byiza.

4. Ashyigikira umugabo we mu ntego afite : Umugore ukunda umugabo we uzasanga aba amushyigikiye akanamufasha kugera ku ntego ze. Uzasanga ashishikazjwe no kumugira inama y’icyatuma agera ku iterambere riruseho.

5. Akora ibintu bituma umugabo we arushaho kumwiyumvamo : umugore ukunda umugabo we uzasanga akora ibintu niyo byaba bito bituma umugabo we arushaho kumwiyumvamo. nko kumutekera ibiryo akunda, kwambara imyenda akunda kugirango amushimishe, ..

6. Igihe yishima kurushaho ni igihe aba ari kumwe n’umugabo we : Niba igihe wumva wishimye kurushaho ari igihe uri kumwe n’umugabo wawe ni kimwe mu bimenyetso bigaragaza ko ukunda umugabo wawe by’ukuri.

Mugabo nubona umugore wawe akwitwaraho muri buno buryo uzamenye ko ari bimwe mu bimenyetso by’urukundo agufitiye rw’ukuri.

Hari ikindi kimenyetso kigaragaza umugore ufitiye umugabo urukundo tutashyizemo waba uzi wakidusangiza ukacyandika ahagenewe kujya ibitekerezo cyangwa hari icyo twashyizemo utemeranya nacyo wakitubwira ni uburenganzira bwawe.

Ibitekerezo

  • that’s true

    ahaaa njye nta nakimwe,ntahoho najya mu kazi nlqtaha saa sita nyashobora kumbaza nuko niriwe reka daaa,umwaka inama ati byose urabishoboye komeza, reka tugere kuri ki ati genda ushake aho ugikura, umva ubu ndareba abana banjye naho ubundi ibyabagore namayobera ,abakundwa mugire amahirwe masaaaa

    Andika Igitekerezo ibyobyose nukuripeee gusa ndumva uwange abyujujepeee

    it is true

    yewe jyeweho nanjye ntanakimwe yujuje. nibiryo akeshi mbihabwa numukozi. yewe njya muri mission iyo atarijye muhamagaye ntiyakwibwiriza NGO ampamagare. usanga namasogisi yarancikiyeho nyamara ntabibone . ibyingo so no danger kandi maze imyaka 2 yonyine ndwubatse ariko rurambihiye sana. no kwihangana ngira mbikorera umwana wanjye naho ibyumugore byo ntaho bitaniyr no kuba narindi umusore. umuntu se nanagerageza gukababaka rimwe akenda kunyica cg ukabona ntacyo bimubwiye. abajya Inama nimuzijye jye narumiwe. tubiganiraho buri munsi ariko ninko guta Inyuma ya Huye.

    Pole danny, ntakintu kibu nko kugira urugo rubi, gusa byose in mumutwe. busaba k haruwohera mugenzi we, kugurango urugo rugumane ibyishimo.

    I’M STILL TEENAGER. THOSE WHO HAVE THE WORST WOMEN, BE PATIENT AND PRAY FOR THEM.

    ESE ANITA ARAZIRAIKI?

    IBI NI UKURI PE, ARIKO MWIBAGIWE KO UMUGORE MWIZA UKUNDA UMUGABO WE CYANE AFATA IGIHE AKAMUSENGERA NDETSE AKAMUTANGIRA N’ IGITAMBO KUGIRANGO IMANA IMUBABARIRE MU MAFUTI WENDA ABA YAKOZE KANDI AHORANA UMUNEZERO MU MASO. UWANJYE WE ARABYUJUJE BYOSE.

    IBI NI UKURI PE, ARIKO MWIBAGIWE KO UMUGORE MWIZA UKUNDA UMUGABO WE CYANE AFATA IGIHE AKAMUSENGERA NDETSE AKAMUTANGIRA N’ IGITAMBO KUGIRANGO IMANA IMUBABARIRE MU MAFUTI WENDA ABA YAKOZE KANDI AHORANA UMUNEZERO MU MASO. UWANJYE WE ARABYUJUJE BYOSE.

    IBI NI UKURI PE, ARIKO MWIBAGIWE KO UMUGORE MWIZA UKUNDA UMUGABO WE CYANE AFATA IGIHE AKAMUSENGERA NDETSE AKAMUTANGIRA N’ IGITAMBO KUGIRANGO IMANA IMUBABARIRE MU MAFUTI WENDA ABA YAKOZE KANDI AHORANA UMUNEZERO MU MASO. UWANJYE WE ARABYUJUJE BYOSE.

    Andika Igitekerezo Hano:Yemwe. banywanyi b’ urubuga,ntihagire uwirenganya,gusa mwibuke ko twubatse ingo mu bihe bibi byanyuma.Aho usanga umugore ugerageza umugabo aba ari danger.Umugobo yaba mwiza umugore akaba ari
    gasusantumbabe.So,twihangane dusenge.Ikindi kubana nukwihanganirana.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa