skol

Reba ibice bituma umugore/umukobwa agira ubushake burenze bwo gukora imibonano mpuzabitsina

Yanditswe: Saturday 06, Oct 2018

Sponsored Ad

skol

Hari ibice bimwe na bimwe by’abakobwa abahungu bamwe batazi ko kubikoraho bishobora gutuma umukobwa/umugore akwingingira gukorana nawe imibonano mpuzabitsina kubera uburyo kubikoraho bimutera ubushake bukabije.

Ibi bice by’umubiri bigira ubukirigitwa cyane ku muntu w’igitsina gore bikaba ari nayo mpamvu bifatwa cyane kandi bigakururwa n’amaraso y’igitsina gabo iyo abikozeho agahita yumva amukeneye. Ibyo bice ni:

1. Amabere

Amabere y’umukobwa ni igice cy’umubiri umugabo akoraho maze umukobwa agahita yumva ubushagarira umubiri we wose bigatuma yumva ashatse gukora imibonano mpuzabitsina ako kanya.

2. Ibibero

Iyo umukobwa yemereye umuhungu ko amukora ku bibero aba yikozeho kuko akenshi haba hariho amaribori ari nayo afasha umubiri wose kumva neza igikorwa kiri kuba. Gusa ntibivuze ko utagira amaribori we ntacyo yumva, kuko uwo ariwe wese w’igitsinagore aterwa ubushake cyane no kumukora kuri iki gice.

3. Mu ntege

Mu ntege naho ni hamwe mu bice by’umubiri w’umugore bigira ubukirigitwa cyane ku buryo iyo hari uhakoze umubiri wose ugira ubwitabire, bityo umubiri ukaba wahita ucika intege ukagira ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina cyane.

4. Mu musatsi

Gukora mu misatsi y’umukobwa cyangwa umugore bifasha cyane umugabo kumwumvisha icyo akeneye, imisatsi kandi ku bagore ibamo ubushagarira butuma batwarwa igihe cyose umugabo arimo kuyikoramo kuburyo bashobora no gushiduka ibitekerezo byabo byagiye kure bagahita bifuza gushaka gukora imibonano mpuzabitsina.

5. Mu biganza

Abantu b’ibitsina bitandukanye iyo bafatanye mu biganza umwanya munini bishobora gutuma umugore yumva ashatse gukora imibonano mpuzabitsina ariko bikaba akarusho iyo umugabo asa nk’ushimashima cyangwa akorakora mu biganza by’umugore, ubushagarira buhita bwihuta cyane kuburyo bica intege umugore mu bijyanye n’ubushake bw’imibonano mpuzabitsina.

6.Ku matwi

Iyo umugabo akoze ku matwi y’umukobwa bimwongerera ubushake cyane bwo gutera akabariro, amatwi atuma umugore/umukobwa amera nk’utaye ubwenge akumva umugabo yakomeza kuhakorakora.

7.Ku mukondo

Iki ni igice nacyo umuhungu/umugabo ashobora gukoraho bigatuma umugore/umukobwa akora icyo atatekereje kubera bituma atekereza cyane ku gikorwa cy’imibonano mpuzabitsina.

8. Ku gitsina

Iyo umugabo arinze akora ku gitsina cy’umugore aba amufite neza kuburyo bitaba byoroshye kumwirinda ngo batandukane ntacyo bakoze. Igitsina iyo cyakozweho biba byarangiye biragoye kugira ngo umugore ahikure.

Mu gihe umukobwa cyangwa umugore yumva adakeneye gukora imibonano mpuzabitsina, nta bundi buryo yakoresha uretse kwirinda ko umugabo yamukoraho kuri biriya bice byavuzwe haruguru, gusa nanone nko ku bashakanye mu gihe umugabo yifuza gutegura umugore we agomba kwifashisha cyane biriya bice kuko byamufasha kwinjiza umugore we mu gikorwa nyirizina.

Ibitekerezo

  • Mwarakabije cyane kutubeshya wakora kumatwi umuntu akagira ubushake ahaaa tugeze kure

    Nibyiza cyane kuba mudufasha mukadusobanurira

    Ni j m v inyagatare nge konakoze imibonana numugore wabanda umugabo we akaza ntararangiza agahita agira inda kd umugabo we nabwo abyara munsobanurire

    ibyo nukuri?

    Ese Koko nivyo

    Umva haruwukwemerera kumukoraho aho hose nokugistina hose mgbo ushace gushirayo imboro agaca agusunura.mbe ngaho hoho gt??cnk ntaba aratora umurongo?

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa