Reba umwana w’umukobwa udasanzwe ugejeje ku myaka 21 y’amavuko nta maso nta munwa nta mazuru nta n’isura agira(AMAFOTO)
Yanditswe: Monday 10, Jul 2017
Khadija Khatoon aturuka mu burasirazuba bw’Ubuhinde yavutse nta sura afite, nta maso nta mazuru nta n’umunwa.
Abaganga bo mu buhinde banze kumubaga batinya ko baramutse bamubaze yahita yitaba Imana.
Uyu mwana w’umukobwa ntabwo azi uko Isi isa,ntiyigeze ajya mu ishuri,yaranzwe aratabwa arasuzugurwa abaho mu bwigunge bukabije uko akura ari nako ubuzima burushaho kumubera bubi.
Afite umwenge twa kwita umunwa niwo akoresha mu kurya no kunywa.Ni abantu bakeya ku Isi bavukana indwara idasanzwe (...)
Khadija Khatoon aturuka mu burasirazuba bw’Ubuhinde yavutse nta sura afite, nta maso nta mazuru nta n’umunwa.
Abaganga bo mu buhinde banze kumubaga batinya ko baramutse bamubaze yahita yitaba Imana.
Uyu mwana w’umukobwa ntabwo azi uko Isi isa,ntiyigeze ajya mu ishuri,yaranzwe aratabwa arasuzugurwa abaho mu bwigunge bukabije uko akura ari nako ubuzima burushaho kumubera bubi.
Afite umwenge twa kwita umunwa niwo akoresha mu kurya no kunywa.Ni abantu bakeya ku Isi bavukana indwara idasanzwe nk’iyi ngiyi.
Ibitekerezo
ariko kuki mu buhinde ariho hahora haba ibi bibazo?banga Yesu byasaze, bihay’ibigirwa mana niyo mpamvu babibyarira
Nanjye nariho nibaza impamvu mu buhinde ariho haba ibintu nkibi. Kandi nahise nteketeza ko babiterwa no gusenga ibigirwamana.
hariya mubuhinde nimumashitani gusa ibibi byose nimubuhinde nabantu batazi Imana reka bajye vabyara ibigini
nukuri Imana ijye ibireba imugabanyirize uburibwe kandi imuhe igikundiro mu bantu!!
Murirusangi Birababje Kandi Bitey Njgahioda Kuwovyashikiye Ariko Ntitwirengagiz Kwarimperuka Kandi Utwumiza Aringombwa!
Murirusangi Birababje Kandi Bitey Njgahinda Kuwovyashikiye Ariko Ntitwirengagiz Kwarimperuka Kandi Utwumza Aringombwa!
Uyu mwana yihangane kimwe n’umuryango we.Gusa hari ibyiringiro ko mu isi nshya ,Yehova Imana azamusubiza amagara mazima.Mu byahishuwe 21:3-4 hagaragaza ko Uwiteka Imana Yehova azahanagura amarira n’ agahind akariko kose ku maso ya buri wese,kandi ko kubabara,gutaka no kurira no kuboroga bitazongera kwibuka ukundi.
Ikindi Bibiliya yari yarahanuye ko mu minsi y’imperuka hazaza ibihe birushya.Ubwo rero twihanganishije uyu mukobwa,umuryango we,kimwe n’abandi bantu bose bafite ibibazo bibagoue nk’uyunguyu.Mukomere
Iam sorry for
That may God bless
That girl
Iam sorry for
That may God bless
That girl