Reba urutonde rw’abakinnyi 10 bakize kurusha abandi ku isi muri uyu mwaka
Yanditswe: Friday 09, Jun 2017
Ikinyamakuru cyo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, Forbes Magazine , cyashyize hanze urutonde rw’abankinnyi bakize cyane ku Isi aho Cristiano Ronaldo, rutahizamu w’ikipe ya Real Madrid ari we uyoboye abandi .
Umukinnyi – Umukino akina – Umushahara+ n’andi mafaranga yinjiza (miliyoni mu ma-pound £)
Cristiano Ronaldo – Football – 71.8
LeBron James – Basketball – 66.6
Lionel Messi – Football – 61.8
Roger Federer – Tennis – 49.4
Kevin Durant – Basketball – 46.8
Rory McIlroy – (…)
Ikinyamakuru cyo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, Forbes Magazine , cyashyize hanze urutonde rw’abankinnyi bakize cyane ku Isi aho Cristiano Ronaldo, rutahizamu w’ikipe ya Real Madrid ari we uyoboye abandi .
Umukinnyi – Umukino akina – Umushahara+ n’andi mafaranga yinjiza (miliyoni mu ma-pound £)
Cristiano Ronaldo – Football – 71.8
LeBron James – Basketball – 66.6
Lionel Messi – Football – 61.8
Roger Federer – Tennis – 49.4
Kevin Durant – Basketball – 46.8
Rory McIlroy – Golf – 38.6
Andrew Luck – American Football – 38.6
Stephen Curry – Basketball – 36.5
James Harden – Basketball – 36.0
Lewis Hamilton – Motor Racing – 35.5
Uru rutonde ruriho abakinnyi bakina imikino itandukanye biganjemo abakina Basketball, bakina muri NBA, Umupira w’amaguru, Iteramakofi n’indi mikino muri rusange
Uru rutonde rwatunguranye kuko mu myanya icumi ya mbere ntihagaragaraho abakinnyi bari bariho Ubwo ruheruka gusohoka nka Tiger Woods ubu uri kumwanya wa 17 kandi mu gihe gishize ariwe wari uyuboye abandi.
Undi utari kuri uru rutonde ni Floyd Mayweather utagaragara kuri uru rutonde ahanini bitewe n’uko atigeze yigaragaza cyane mu iteramakofi mu mwaka ushize.
Ibitekerezo
Kbs nihata ndabona higanjemo aba baskt
Baza nduheho Mani barakaze