Reba urutonde rwa kaminuza 10 za mbere ku isi muri uyu mwaka aho izwi nka Havard yasubiye inyuma(AMAFOTO)
Yanditswe: Sunday 11, Jun 2017
Ndabizi abantu beshi bagiye gutangazwa n’urutonde rwasohotse uyu mwaka kuko beshi bamenyereye ko Kaminuza ya Harvard yo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika ariyo iza imbere ariko ubu urutonde rwamaze guhinduka kuko Kaminuza ya Massachusetts Institute of Technology nayo yo muri Amerika ariyo yaje ku mwanya wambere.
Nkuko tubikesha University Ranking mu rutonde yasohotse kuri taliki 9/06/2017 bigaragara ko habayemo gutungurana kuri Kaminuza zimwe na zimwe zari zihariye imyanya yi mbere.
DORE UKO (...)
Ndabizi abantu beshi bagiye gutangazwa n’urutonde rwasohotse uyu mwaka kuko beshi bamenyereye ko Kaminuza ya Harvard yo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika ariyo iza imbere ariko ubu urutonde rwamaze guhinduka kuko Kaminuza ya Massachusetts Institute of Technology nayo yo muri Amerika ariyo yaje ku mwanya wambere.
Nkuko tubikesha University Ranking mu rutonde yasohotse kuri taliki 9/06/2017 bigaragara ko habayemo gutungurana kuri Kaminuza zimwe na zimwe zari zihariye imyanya yi mbere.
DORE UKO KAMINUZA 10 ZAMBERE ZIKURIKIRANA KU ISI
10 . ETH ZURICH
Iyi Kaminuza yashinzwe mu 1855 ikaba iri mu gihugu cy’ ubusuwisi
9. Chicago Universty
Iyi kaminuza yashinzwe ahagana mu 1890 iba muri Amerika ahagana muri leta ya Texas mu mujyi wa Chicago.
8.imperial college london
iri Mu gihugu cy’Ubwongereza yashinzwe mu 1897
7. University College London
Iyi Kaminuza nayo iri mu gihugu cy’ubwongereza yashinzwe mu 1826
6.University of Oxford
Iyi kaminuza iba mu gihugu cy’Ubwongereza yashizwe mu 1820
5. Cambridge university
Iyi Kaminuza iba mu gihugu cy’ubwongereza yashizwe muri 1811
4. California Institute of Technology
3.Harvard
2. Stanford
1.Massachusetts Institute Of Techonology
Iyi kaminuza yo muri Leta zunze ubumwe z’amerika yashinzwe taliki 10/4/1861
DORE URUTONDE RWOSE RWUKO ZIKURIKIRANA
Ibitekerezo
chicago ntabwo iba texas iba michigan
chicago ntabwo iba texas iba michigan
Andika Igitekerezo Hano
Mwatubwira Ur(university of rwanda)yabaye iyakangahe ko natwe dukaze
University of Chicago iba muri state ya Illinois (neither Michigan nor Texas, but in Illinois state)
Bwahe se ko ahubwo iba mu ntara ya Illinois.
Chicago ni muri Illinois
kwibeshya bibaho ariko. ni byiza kuba mubonye ikosa,ubutaha muzakoreshe interuro abatanga ibitekerezo: twakwiye kuvuga ko iyo Leta ya Texas na Leta ya Chicago zitandukanye ariko zose ziri muri North America.
Ariko zose ntayirahiga Kaminuza y’ u Rwanda kongera umubare w’abize Kaminuza mu gihe gito kandi batsinda ntawusibizwa. U Rwanda rero narwo numva barushyira hafi aho, kuko ni indashyikirwa mu myanya nka 11.
Ariko zose ntayirahiga Kaminuza y’ u Rwanda kongera umubare w’abize Kaminuza mu gihe gito kandi batsinda ntawusibizwa. U Rwanda rero narwo numva barushyira hafi aho, kuko ni indashyikirwa mu myanya nka 11.