Umugabo n’umugore bakoze ibidasanzwe ubwo batumiraga abana babo babiri maze bakorera imibonano mpuzabitsina imbere yabo
Yanditswe: Thursday 08, Jun 2017
Umugore n’umugabo bakomoka muri Carifornia baherutse gukora agashya ko gutumiraga abana babo 2 bafite imyaka 7-10 mu cyumba cya bo cy’uburiri ngo babereke uko batera akabariro.
Uyu mugabo witwa John n’umugore we Cindy Thompson ngo ibi babikoze bagamije gusubiza ikibazo cy’abana babo bari baherutse kubabaza aho umwana aturuka, mu kimbo cyo kubibabwira mu magambo bagahitamo kubanza kubereka uko bafatanya mu kumurema.
Uyu mugore n’umugabo bemeje ko bajyanye aba bana bakabakorera imibonano (…)
Umugore n’umugabo bakomoka muri Carifornia baherutse gukora agashya ko gutumiraga abana babo 2 bafite imyaka 7-10 mu cyumba cya bo cy’uburiri ngo babereke uko batera akabariro.
Uyu mugabo witwa John n’umugore we Cindy Thompson ngo ibi babikoze bagamije gusubiza ikibazo cy’abana babo bari baherutse kubabaza aho umwana aturuka, mu kimbo cyo kubibabwira mu magambo bagahitamo kubanza kubereka uko bafatanya mu kumurema.
Uyu mugore n’umugabo bemeje ko bajyanye aba bana bakabakorera imibonano mpuzabitsina mu maso nta na kimwe babakinze, barangiza igikorwa bakabereka amasohoro bakanabasobanurira nyir’izina icyo ari cyo ndetse n’uko ajya mu mugore mu mugore agakora umwana.
Aba babyeyi basobanuriye itangazamakuru ko kugeza ubu abana ba bo bemerewe kubareba buri gihe uko bateye akabariro mu gihe babishatse kandi ko nta n’isoni bibatera kubikorera mu maso y’abana kuko baba bari kubaha isomo.
Umugore yagize ati“twaberetse pozisiyo zitandukanye mu gutera akabariro n’akamaro kazo ahanini kajyanye no kutananizanya ku mpande zombe.”
Uyu mugore kandi yakomeje avuga ko ibi bizafasha umwana we w’umukobwa w’imyaka 10 ari na we mukuru mu gihe azaba amaze kuba mukuru akeneye gushimisha umukunzi we kuko azaba yarabyigishijwe guhera akiri muto kuko azaba ari gukora ibyo azineza.
Na ho ku ruhande rw’umugabo John, aragaya ababyeyi be batabimwigishije ubwo yari akiri umwana aho avuga ko yakuranye ubujiji ku byerekeye imibonano mpuzabitsina bityo akaba atifuza ko agahungu ke kazakura nka we ahubwo ko kagomba kuzaba kazi icyo gukora mu gihe kazaba kagejeje igihe.
Yagize ati”ndabizi njye n’umugore wanjye abantu baradufata nk’abasazi ariko ubu abana bacu twanabaguriye ibikinisho bibasha kubereka neza ibice byose bigize umubiri w’ikiremwamuntu ku buryo nta kidatangaje kuri byo.
Uyu muryango wakanguriye indi miryango gufungurira abana ba bo imiryango y’ibyumba bya bo by’uburiri bityo bakamenya ibikorerwamo kuko byazabafasha mu bijyanye n’imyororokere.
Ibitekerezo
Mana wee ndumuwe ubuse bobonye iri ariryo somo babigisha koko ndakeka ko ibi nawe ukwiye kubyigisho nisomo karemano bazigisha misi
Mana wee ndumuwe ubuse bobonye iri ariryo somo babigisha koko ndakeka ko ibi nawe ukwiye kubyigisho nisomo karemano bazigisha misi
Mbega amahanooooo ubwose about Nana Bo mucyumba cyabo ntibazakorana pratique? ndumiwe pe! Mana we ufashe iyi si dutuye.
Mbega amahanooooo ubwose abo bana Bo mucyumba cyabo ntibazakorana pratique? ndumiwe pe! Mana we ufashe iyi si dutuye.
bararwaye ahubwo nukujya kubavuza
ririya somo nta muntu uryigisha umwana riravukanwa
Yebabaweee ndumiwe koko iyo sibintu byo kwigisha Ababa pe