skol

Umugabo yakubise indaya ayikura iryinyo ayiziza ko yanze kumuha ku gitsina [AMAFOTO]

Yanditswe: Thursday 06, Sep 2018

Sponsored Ad

skol

Umugabo witwa Mr Oki ukomoka muri Nigeria yakubise indaya ayikura iryo mu gihe bari kumwe muri Hotel yitwa Formula Four.

Kuri uyu wa gatatu nibwo ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwije ifoto igaragaza umugabo wakubise umukobwa ukora akazi ko kwicuruza mu gihugu cya Nigeria mu mujyi wa Logos muri Hotel yitwa Formula Four iherereye kuri Coker Street ahazwi nko muri Ejigbo .

Nkuko bitangazwa n’ibinyamakuru byo muri Nigeria byavuze ko uyu mugabo wita Mr Oki yasohokanye n’uyu mukobwa bagasangira gusa ubwo bajyaga kuruhuka bageze muri hotel uyu mukobwa ngo yanze ko baryamana niko gushaka kumufata ku ngufu mu rwego rwo kugirango yifate neza.
Uyu mugabo uri mu kigero cy’imyaka 25 y’amavuko yahise atabwa muri yombi na Police yo muri Ejigbo kubera icyaha cyo gukubita ndetse no gukomeretsa uyu mugore mu buryo budasanzwe aho yamukuyemo iryinyo ndetse akamukomeretsa hejuru y’ijisho.

Umuvugizi wa Police muri kano gace ka Ejigbo yavuze ko uyu mugabo agiye gukurikiranwa ndetse akanirwe urumukwiye kuko icyaha ashinjwa cyo gufata ku ngufu uyu mukobwa gihanirwa n’amategeko .yakomeje avuga ko uyu mugabo atumvikanye mu ibanga nuyu mukobwa yahemukiye ko ashobora no gufungwa mu gihe atabikoze bwangu.

Ibitekerezo

  • ngo yitwa nde?jaypolly??

    ngo yitwa nde?jaypolly??

    Imana yaduhaye sex kugirango tuyihe umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko kandi ntidutandukane.Millions and millions z’abantu basambana,ntabwo bemera ko ari icyaha kizatuma batabona ubuzima bw’iteka muli paradizo dutegereje.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka kandi ntuzazuke.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane. Abantu bumvira imana,bazazuka ku munsi w’imperuka nkuko Yesu yavuze muli Yohana 6:40.Hanyuma imana ibahembe ubuzima bw’iteka muli Paradizo.Igihano cy’abanyabyaha,ni urupfu rwa burundu nta kuzuka.Soma Abagalatiya 6:8.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa