skol

Umugabo yamaze imyaka 22 arwaye impatwe, basanze munda ye ikintu gipima ibiro 13-AMAFOTO

Yanditswe: Friday 11, Aug 2017

Sponsored Ad

skol

Mu burasirazuba bw’ubushinwa ku bitaro byitwa 10th People’s Hospital of Shanghai umugabo utaratangjwe amazina yatangaje abatari bake ubwo yavugaga ko amaze imyaka 22 arwaye impatwe,ariko bamubaga bakamusangamo ikintu kinini cyane babuze izina bagiha,gusa abaganga bamubaze batangaje ko ngo ari amara yabyimbye.
Iki kintu cyavuye munda y’umuntu cyatangaje isi yose,bibaza uburyo yarabanye nacyo munda imyaka 22 yose.
Igikorwa cyo kubaga uyu mugabo kikaba cyatwaye amasaha atatu yose (…)

Mu burasirazuba bw’ubushinwa ku bitaro byitwa 10th People’s Hospital of Shanghai umugabo utaratangjwe amazina yatangaje abatari bake ubwo yavugaga ko amaze imyaka 22 arwaye impatwe,ariko bamubaga bakamusangamo ikintu kinini cyane babuze izina bagiha,gusa abaganga bamubaze batangaje ko ngo ari amara yabyimbye.

Iki kintu cyavuye munda y’umuntu cyatangaje isi yose,bibaza uburyo yarabanye nacyo munda imyaka 22 yose.

Igikorwa cyo kubaga uyu mugabo kikaba cyatwaye amasaha atatu yose ,kugirango babashe kumuvanamo iki kintu cyasaga nk’icyari kigiye kumuturikira munda,aho bivugwa ko cyapimaga ibiro 13 nkuko byatangajwe na Dr Yin Lu,umwe mu baganga bagize uruhare mukubaga uyu mugabo.

Ibitekerezo

  • Ni hangane

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa