skol

Umugabo yapfuye ashyingurwa mu icupa ry’inzoga nkuko yari yarabyifuje[AMAFOTO]

Yanditswe: Sunday 01, Jul 2018

Sponsored Ad

skol

Nyuma yo gusaba umuryango we ko napfa azashingurwa mu isanduku iteye nk’icupa ry’inzoga none byarangiye bibaye.Mu bihugu bitandukanye iyo umuntu apfuye bamushyingura mu isanduku ariko muri Ghana siko byagenze kuko umugabo yapfuye bamushyingura mugiteye nk’icupa.

Ikindi buriya muri Ghana iyo umuntu apfuye mugihe ahandi babifata nk’akababaro, muri bo usanga aba ari ibirori bidasanzwe, ariko iyo umuntu akoze ubukwe akaba aribwo haba agahinda kadasanzwe.

Amafoto akaba yasakaye hose ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gushyingura uyu mugabo mu icupa nk’uko yabyisabiye mbere yo gupfa, bikaba bivugwa ko inzoga aricyo kintu yakundaga mu buzima bwe, hanyuma ugushyingurwa kwe kukaba kwitabiriwe n’abantu batari bake.

Ndetse hakaba hari naho baheruka gushyingura umuntu mu isanduku iteye nk’ifi.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa