skol

Umugabo yategetswe gusambanira mu ruhame nyuma yo gufatanwa n’ umugore w’abandi

Yanditswe: Sunday 30, Jul 2017

Sponsored Ad

skol

Umugabo wo mu gace ka Kisii yahuye n’uruva gusenya nyuma yo gufatwa asambana n’umugore w’abandi maze abaturanyi barahurura nyamugabo nawe asabwa gukomeza gukora ibyo yari arimo bose babireba.
Uyu mugabo bamufashe asambana n’umugore w’abandi bari mu kigunda ni uko nyir’urugo abasaba ko bakomeza bagakora ibyo bari barimo, maze nawe ahamagara abaturanyi ngo baze bihere ijisho uko abo bakora amarorerwa.
Umwe mu bari baje kureba ibyo uyu mugabo n’uyu mugore bari barimo yasabwe gufata (…)

Umugabo wo mu gace ka Kisii yahuye n’uruva gusenya nyuma yo gufatwa asambana n’umugore w’abandi maze abaturanyi barahurura nyamugabo nawe asabwa gukomeza gukora ibyo yari arimo bose babireba.

Uyu mugabo bamufashe asambana n’umugore w’abandi bari mu kigunda ni uko nyir’urugo abasaba ko bakomeza bagakora ibyo bari barimo, maze nawe ahamagara abaturanyi ngo baze bihere ijisho uko abo bakora amarorerwa.

Umwe mu bari baje kureba ibyo uyu mugabo n’uyu mugore bari barimo yasabwe gufata amashusho y’abo bombi babikora mu ruhame.

Nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru Waza ngo uyu mugore wafashwe asambanya nyuma yo gushyirwaho ahagato ko gukomeza gusambana mu ruhame yaje kurwara ihungabana, nyamara nta wari kumugirira impuhwe kuko yari yabonye ibyo yifuzaga.

Umugabo waciwe inyuma we ngo ntiyigeze ashaka kuremereza bintu kuko nyuma yo gufata umugore we amuca inyuma nta kindi yakoze uretse guhita yaka gatanya akajya kwirerera abana.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa