skol
fortebet

Umugore w’ikizungerezi arifuza umugabo wamurongora utanywa inzoga n’itabi uzi n’inshingano z’urugo[AMAFOTO]

Yanditswe: Saturday 29, Aug 2020

featured-image

Sponsored Ad

skol

Mugihe hari bamwe bari gushakisha gatanya kuko bataryohewe n’urushako, abandi batinya kurongora cyangwa kurongorwa kubera ibyo bumva bibera mungo zo muri iyi minsi, hari abandi bo bafite agahinda gakomeye ko kuba badafite abo babana nk’umugore n’umugabo.

Sponsored Ad

Ni inkuru yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye hirya no hino ku isi, ni umukobwa ubonako ari mwiza cyane urebeye ku isura, uyu mukobwa yagaragaye atakamba, asaba buriwese ubishoboye kuba yamusengera akabona umugabo kuko ngo amaze igihe kinini ategereje uwamurongora ariko yarahebye.

Ku wa kabiri, tariki ya 25 Kanama, uyu mugore mwiza uzwi ku izina rya Salmerh Umar yifashishije urubuga rwa Twitter kugira ngo agaragaze ko yifuzaga cyane umugabo.

Yanditse amagambo agira ati: “Sinshobora guhisha ibyiyumvo byanjye, nyamuneka munsengere; nkeneye umugabo. Nkomoka muri leta ya Gombe.”

Uyu mukobwa amaze kwandika ubu butumwa, yahise atangira gukurikirwa cyane, abantu batangira kumuha ibitekerezo harimo abamwihanganisha, abemera kuba bamusengera akabona uwo yifuza ndetse harimo n’abifuza kuba babana nawe.

Kubera ubwiza bwe, nuburyo agaragara ku mafoto hari abagabo bamwe batabashije guhisha ibyiyumvo byabo maze batangira kumubwirako bamukunze ndetse biteguye kuba babana nawe.

Uyu mugore avugako akeneye, umugabo usenga, utanywa inzoga n’itabi kandi ngo umugabo uzi gukora akazi n’inshingano z’urugo, yavuzeko adakeneye abagabo bitesha mutwe kuko ngo igihe amaze ategereje nikinini cyane ubu akeneye umuntu ushaka kubaka rugakomera

Salmerh Umar ukomoka mugihugu cya Nigeria, bivugwako afite imyaka 36, nkuko tubikesha ikinyamakuru Pulse24 cyandikirwa muri Nigeria.





Ibitekerezo

  • Nizere ko atari ba bakobwa bahera mu kwiyandarika,babona bashaje bakifuza "any husband".
    Ibintu bidushimisha kurusha ibindi Imana yaduhaye,ni Ubukwe no Kubyara.Byombi ni IMPANO y’Imana.Gusa tugomba kwibuka ko Imana ishaka ko Umugore n’Umugabo "baba umubiri umwe" nkuko Intangiriro 2,umurongo wa 24 havuga.Ikibabaje nuko ababyubahiriza ari bake.Benshi bacana inyuma,bararwana,baricana,ndetse bagatandukana.Amadini amwe abeshyera Imana ngo ibemera gutunga abagore benshi.Nkuko Yesu yabisobanuye muli Matayo 19:6,Imana yihoreye Abayahudi batunga Abagore benshi kuko bali barananiye Imana.Abantu bose bakora ibyo Imana itubuza,yashyizeho umunsi wa nyuma kugirango izabakure mu isi.Izasigaza mu isi gusa abantu bayumvira nkuko Imigani 2 imirongo ya 21 na 22 havuga.

    Mwamumayese uwimugore tukibanira

    Ilove you and me also I need wife like you call me on 0787483342 or address above

    0787337595 wamvugisha

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa