skol

Umuhanzikazi Gigy Money yatangaje impamvu imutera kwifotoza yambaye ubusa

Yanditswe: Wednesday 05, Sep 2018

Sponsored Ad

skol

Gigy Money yavuze ko impamvu imutera kwambara ubusa aruko ateye neza ndetse bikaba bimuha amafaranga menshi .

Umuhanzikazi Gigy Money uri mu bahanzikazi bakomeye muri Tanzania ndetse uzwiho kwiyambika ubusa mu bitaramo bitandukanye ndetse n’amafoto ashyira ku mbuga nkoranyambaga kuri uyu wa Kane ubwo yaganiraga n’ikinyamakuru Ghafla yatangaje impamvu imutera kwambara ubusa

Yagize ati “Nkunda cyane uburyo nteye mfite shape nziza ikurura abagabo so that’s why nkunda kw’ifotoza nambaye gutya binanyinjiriza amafaranga”.

Uyu muhanzikazi uzwiho kuba akunda kujya mu mashusho y’abandi bahanzi batandukanye bo muri Kenya na Tanzania ndetse no hanze yahoo aho kuri ubu ahamya ko kwifotoza yambaye ubusa cyangwa yambaye imyambaro igaragaza ubwambure bwe biri mu bituma abona amafaranga menshi bityo ngo bikaba bimutunze. Ndetse agahamya ko atabihagarika .

Mu gitaramo kiswe Twenze tukigamboni yarimbye yambaye ikariso ndetse n’isutiye bitangaza benshi .

REBA AMAFOTO:

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa