skol
fortebet

Umukobwa na Mama we bakoze ibidasanzwe ku isi ubwo bashyingiranaga nk’umugabo n’umugore(AMAFOTO)

Yanditswe: Friday 13, Oct 2017

Sponsored Ad

skol

Mu gihe benshi twari tumenyereye kumva abantu baje igitsina bahuye bagakunadana nyuma bakazashakana, ibi byo biratangaje aho umukobwa witwa Lorita yahisemo gushakana na nyina umubyara w’imyaka 44 bombi b’abatinganyi, ngo ni nyuma yo gusanga mu buzima bwe bwose nta wundi muntu waba waramubaye hafi nka nyina ndetse ngo no ku gingo yo mu buriri asanga nta wamuha ibyishimo biruta ibyo mama we umubyara atuma agira.
Uyu mukobwa w’imyaka 26 wo muri Afrika y’Epfo yashyingiranwe na nyina mu mujyi wa (...)

Sponsored Ad

Mu gihe benshi twari tumenyereye kumva abantu baje igitsina bahuye bagakunadana nyuma bakazashakana, ibi byo biratangaje aho umukobwa witwa Lorita yahisemo gushakana na nyina umubyara w’imyaka 44 bombi b’abatinganyi, ngo ni nyuma yo gusanga mu buzima bwe bwose nta wundi muntu waba waramubaye hafi nka nyina ndetse ngo no ku gingo yo mu buriri asanga nta wamuha ibyishimo biruta ibyo mama we umubyara atuma agira.

Uyu mukobwa w’imyaka 26 wo muri Afrika y’Epfo yashyingiranwe na nyina mu mujyi wa Capetown mu birori byabaye mu ibanga rikomeye kuko ibi bitemewe n’amategeko yo muri iki gihugu.

Umukobwa niwe ugomba kuba umugore naho Mama we akaba umugabo

Abajijwe impamvu yahisemo gushyingiranwa na nyina, Lolita yasubije agira ati “Mama yambaye hafi kuva navuka, Nakuze nta data ngira, Nkunda mama cyane, niwe byose kuri njye. Sinshaka kumujya kure niyo mpamvu nahisemo kubana nawe. Aracyari muto kandi azi no kunshimisha mu buriri”

Nyina w’uyu mukobwa, we yavuze ko yatunguwe cyane ubwo umukobwa we yamusabaga ko babana. Yagize ati “Umukobwa wanjye yari yiteguye kuva mu rugo akigendera igihe naba nanze gushyingiranwa nawe. Nkunda umukobwa wanjye cyane, ntacyo ntakora kugira ngo mushimishe. Ku byerekeranye no kubyara, ntiturabitekerezaho cyane buriya igihe nicyo kizabitubwira”.

Ibitekerezo

  • mana we akanakumiro isi irarajyiye peee koko mama wawe mugashakana eeee

    Nukuri nkabanyamakuru mujye mudufasha mu gukomeza gushingashira ururimi rwacu. Ntago wakabaye uvuga ngo umukobwa na mama we !!!!???? Oya ,oya ndetse oya. Bavuga umukobwa na nyina.mudufashe rwose

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa