Umukobwa wa Minisitiri yashyize hanze amafoto ye yambaye ubusa
Yanditswe: Saturday 08, Sep 2018
Umukobwa wa Minisitiri [ Minister Youth and Children’s affairs] James William Kinobe muri Uganda yashyize amafoto ye hanze kuri instagram yambaye ubusa.
Umukobwa uzwi nka Diana Kinobe ukomoka muri Uganda yifashishije urubuga rwe rwa Instagram asakaza amafoto ye yambaye ikariso gusa ,ifoto yavugishije abamukurikira ku mbuga nkoranyamba zirimo Facebook ndetse no mubitangazamakuru bitandukanye byo muri Uganda.
Inkuru dukesha ikinyamakuru cya Ugbliz aho cyavuze ko kuri uyu wa gatanu taliki ya 7 Nzeli 2018 , gusa akaza guhita ayisiba kubera uburyo yabwiwe nabi bitewe n’imyambaro yari yiyambitse yamuhesheje isura mbi bigahurirana nuko ubusanzwe uyu mukobwa abyarwa n’umuyobozi ukomye mu gihugu cya Uganda.
Ibi bije nyuma yuko mu gihugu cya Uganda hasohotse itegeko rihana umuntu wese usakaza amafoto ndetse n’amashusho y’urukozasoni ku mbuga nkoranyambaga aho aba akwiye guhanishwa igihano cyo gufungwa imyaka 5 cyangwa agatangaza izahabu ya miliyoni 10 z’amashiringi ya Uganda kugirango adohorerwe kubera icyaha yakoze , ibi akaba ari bimwe mu bihano bishobora guhabwa Diana Kinobe wasakaje amafoto ye yambaye ubusa.
Ibitekerezo
Nubwo benshi mutabyemera,ibi byuko abantu benshi basigaye bambara ubusa,byerekana neza ko turi mu minsi y’imperuka.Imana ubwayo niyo ivuga umunsi w’imperuka ahantu henshi muli Bible.Nkuko dusoma muli Imigani 2:21,22 na Yeremiya 25:33,kuri uwo munsi imana izarimbura abantu bose bakora ibyo itubuza,isigaze abayumvira gusa,bazatura mu isi izaba paradizo.Niba ushaka kuzarokoka,jya ugeregeza kumvira imana,uyishake cyane,we kwibera mu byisi gusa.
NIBYIZA GAHORO NANONE BIRASEBEJE
AMAFOTO MBONYE